Uyu mugabo uri mu bashinze itsinda rya Muzika yitwa Groupe Kassav ryo mu kirwa cya Guadeloupe yitabye Imana afita imyaka 65 y’amavuko. Abakurikiranye umuziki mu myaka ya 1980 kuzamura, bamuzi mu ndiri...
UBUSESENGUZI: Kugira ngo intambara yeruye hagati ya Israel na Iran ishoboke hari ibintu bigomba kubanza gukorwa kugira ngo ibe. Ibyo ahanini bishingiye ku makosa y’ububanyi n’amahanga yakorwa na kimwe...
Tariki ya 25 Nyakanga 2021 nibwo umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza n’intumwa yari ayoboye batangiye uruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Malawi. Bucyeye bw’aho Tariki ya 26 Nyakanga yagira...
Mu murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro hari umuyobozi uherutse gutabwa muri yombi na Polisi y’u Rwanda nyuma y’uko ibonye ibirego by’uko yanyereje umuceri, akawunga n’ibishyimbo byari bigen...
Ashingiye ku bubasha ahabwa n’amategeko cyane cyane Itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, Perezida Paul Kagame yaraye ahaye imbabazi abagore 10 bari barahamwe n’icyaha cyo gukuramo inda. Hari izi...
Inama y’abaminisitiri yemeje ingamba nshya zo gukumira ikwirakwira rya COVID-19, aho guma mu rugo yaherukaga gushyirwaho mu Mujyi wa Kigali n’Uturere umunani yakuweho. Imyanzuro yafashwe kuri uyu wa G...
Minisitiri w’umutekano mu Burundi Gervais Ndirakobuca yatangaje ko icyemezo cyo kwakira inkingo za COVID-19 nta mbaraga cyangwa amafaranga na make leta izagishoramo, ndetse abazikingiza ntibazagire ic...
Leta y’u Rwanda yongereye impamvu zishobora guhesha umunyamahanga ubwenegihugu nyarwanda, ariko ikaza uburyo bwo kubutanga nk’uko bigaragara mu itegeko rishya ryasohotse. Nk’uko bisanzwe, biremewe kug...
Ingabo z’u Rwanda zatangaje ko kuri uyu wa Gatanu zashyikirije Guverinoma y’u Burundi abarwanyi 19, bambutse umupaka bakagera ku butaka bw’u Rwanda mu buryo butemewe n’amategek...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta yavuze ko u Rwanda rufite inyungu mu kohereza abasirikare mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, kubera ko rutewe inkeke n’ibikorwa by’umutwe w’i...









