Perezida Paul Kagame yabwiye Jeune Afrique ko abantu badafasha M23 kandi iri mu kaga aribo bahemuka kuko uriya mutwe asanga ufite impamvu zumvikana zituma ufata intwaro ukirwanirira. Ku byerekeye ing...
Guverinoma ya Qatar yemeje amasezerano yemerera Abanyarwanda bafite impapuro z’inzira zisanzwe kuhatemberera batiriwe bazisabwa. Ibi byemerejwe mu ruzinduko Perezida Kgame yagiriye muri Qatar aho yahu...
Ubushakashatsi bwateguwe na Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango buvuga ko 57,1% ari ijanisha ry’abakobwa baterwa inda batarageza imyaka y’ubukure baba bazitewe nabo bita inshuti. 7% ba...
Mu rubanza rw’iminsi ibiri, Leta ya RDC iri kuburana n’iy’u Rwanda mu kirego Kinshasa iregamo Kigali gufasha M23 mu ntambara yatangiye mu Ugushyingo 2021. DRC ivuga ko iyo ntambara yabaye intandaro ...
Minisiteri y’Intebe mu Rwanda irihanganisha imiryango y’abantu 20 bapfiriye mu mpanuka yaraye ibereye hafi y’ahitwa ku Kirenge mu Murenge wa Rusiga muri Rulindo. Bisi yari irimo abantu bagera kuri 50 ...
Amakuru aturuka mu Karere ka Rusizi avuga ko hari isasu ryarasiwe muri DRC ryica umuturage wo mu Murenge wa Nzahaha mu Karere ka Rusizi witwa Rwabukwisi Zacharie. Kigali Today yatangaje ko uriya muntu...
Umwami Abdallah II uyobora Jordan yaraye aganiriye na Donald Trump ku mushinga Amerika ifite wo gutuza mu gihugu cye abahoze batuye muri Gaza. Yagaragaje ubwenge mu bisubizo yahaye abanyamakuru. Mu ki...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri nibwo Perezida Paul Kagame yaraye ageze Qatar mu ruzinduko rw’akazi. Ku kibuga mpuzamahanga cya Doha yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Qatar, Dr. Ahmed ...
Lawrence Kanyuka uvugira AFC/M23 avuga ko bamaze kumva amajwi menshi y’abaturage b’i Bukavu babatabaza ngo baze babakure mu kangaratete bashyizwemo n’ingabo za DRC zibasahura zikanabica. Mu mpera z’Ic...
Minisiteri y’imari n’igenamigambi yasobanuye iby’imisoro yaraye yemerejwe mu nama y’Abaminisitiri. Muri rusange hari imisoro iri buhite itangira gusorwa, indi ikazasorwa buhoro buhoro. Minisitiri w’im...