Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) igaragaza ko guma mu rugo yasize umubare w’ubwandu bushya n’abajyanwa mu bitaro kubera COVID-19 ugabanyutse mu Mujyi wa Kigali, ikibazo gisa n’icyimukiye mu...
Guverinoma y’u Rwanda na Repubulika ya Centrafrique byashyize umukono ku masezerano atandukanye, arimo ay’ubufatanye mu kuvugurura inzego z’umutekano, by’umwihariko igisirikare. Kuri uyu wa Kane Perez...
Perezida Yoweri Museveni n’ishyaka rye National Resistance Movement (NRM) bakomeje gushyirwa ku gitutu gikomeye n’abanyapolitiki bo muri Kenya, bashinjwa kwivanga muri politiki yabo mu gihe begereje a...
Perezida Paul Kagame yavuze ko nubwo u Rwanda rusanganywe abasirikare mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Centrafrique (MINUSCA), ubwihutirwe by’ibibazo by’umutekano byasabye ko hoherezwayo aband...
Kuri uyu wa Kane tariki 5, Kanama, 2021 ingabo za Israel zagabye ibitero ku barwanyi ba Hezbollah bari muri Liban. Ni cyo gitero cya mbere igabye muri kiriya gihugu guhera mu mwaka wa 2014. Yabikoze m...
Perezida wa Repubulika ya Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine, yakirwa ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali na Minisitiri w’Ububanyi...
Perezida wa Centrafrique Faustin-Archange Touadéra yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine. Ari buganire na mugenzi wa uyobora u Rwanda Paul Kagame. Aho ari bwakirirwe muri Village Urugwiro...
N’ubwo ibyo bavuga hari ukuri kurimo hashingiwe ku bigaragara henshi, ariko abahanga bavuga ko kwiheba, abantu bakavuga ko batarenza imyaka 100 ari uguhuka kuko bo baje gusanga abantu bifitemo ubusho...
Mu Karere ka Kamonyi haherutse gufatirwa abagabo babiri nyuma y’ukop ngpo bahaye umupolisi ishinzwe umutekano mu muhanda ruswa ya Frw 50 000 ngo abasubize Moto yabo. Iyi moto yari imaze amezi abiri i...
Freeman Mbowe uyobora Ishyaka ritavuga rumwe na Leta ya Tanzania ryitwa CHADEMA yaraye agejejwe imbere y’Urukiko rw’ibanze rw’i Kisutu muri Dar es Salaam ngo aburane ku cyaha cyo gushaka guteza imidug...









