Byaraye bigaragaye ubwo Urukiko rwa gisirikare rwo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwakatiraga igifungo cya burundu abasirikare babiri baherutse kurwana bagaterana igipfunsi ku manywa y’i...
CP Bizimungu yasuye itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda bari mu murwa mukuru wa Centrafrique, Bangui (RWAFPU-1). Niwe uherutse gushingwa kuyobora Abapolisi bose bagiye kugarurayo amahoro. Yak...
Mu gihe habura igihe gito ngo rutahizamu uri mu bakinnyi bakomeye kurusha abandi ku isi witwa Lionel Messi yerekwe abafana b’Ikipe Paris Saint-Gèrmain yo mu Bufaransa, umukinnyi wa Filimi akaba yarige...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, WHO, ryatangaje ko ryahaye u Rwanda amacupa 225 akoreshwa mu guha abarwayi umwuka wa “oxygen”, azifashishwa cyane mu kwita ku barwayi ba CO...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 09, nibwo umutwe w’ingabo zidasanzwe za Kenya wageze mu Ntara ya Beni muri Kivu y’Amajyepfo guhiga bukware abarwanyi bakomoka muri Uganda bahamaze iminsi barazengereje abatu...
Ikigo gishinzwe gucunga umutekano mu ikoranabuhanga kitwa FireEye kivuga ko hari raporo cyabonye zishinja u Bushinwa kuneka ibihugu byo mu Burasirazuba bwo Hagati bisanzwe bikorana nabwo ubucuruzi. M...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko muri Nyakanga 2021 ibiciro mu mijyi byamanutseho 0.4% ugereranyije n’uko kwezi mu mwaka ushize, mu gihe muri Kamena byamanutseho ...
Umuyobozi w’Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique Maj. Gen. Innocent Kabandana yasobanuye ko umutwe witwaje intwaro bahanganye ufite imirwanire ikoresha amatsinda mato, ariko kuba ukomeje gutsindwa bigara...
Abakora mu nzego z’ubuzima muri Guinea baratangaza ko hari umuntu wahitanywe n’indwara iterwa na Virusi yitwa Marburg kandi ngo iyi ndwara nidakumirwa hakiri kare ishobora kuzaba icyorezo kimwe na Ebo...
Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan avuga ko ubwo yabaga Umukuru w’Igihugu, hari bamwe bavugaga ko atazabishobora kuko ari umugore. Yemeza ko ubu amaze kwerekana ko abishoboye kandi ko ibyo akor...









