Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko ibyago byo kunanirwa kwishyura inguzanyo bikomeje kwiyongera bitewe n’icyorezo cya COVID-19, aho igipimo cy’inguzanyo zishyurwa nabi cyageze kuri 5.7 ku...
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yageneye u Rwanda inkingo 488,370 z’icyorezo cya COVID-19 zo mu bwoko bwa Pfizer, zirimo igice cy’inkingo miliyoni 500 icyo gihugu cyemeye guha ibihugu bitan...
Umusaruro wa rutahizamu mushya wa Paris Saint Germain (PSG), Lionel Messi, uhanzwe amaso uhereye ku bitego azatsinda, imipira azatanga ivamo ibitego cyangwa mu kumenyekanisha u Rwanda binyuze mu bukan...
Mu karere ka Gasabo batangije icyo bise ‘Operation Mu Mizi’ kigamije gufasha urubyiruko rw’aho ruri mu biruhuko kwibuka ko ubusambanyi, gukoresha ibiyobyabwenge no kutirinda COVID-19 byashyira ubuzima...
Inzego zitandukanye mu Rwanda ziyemeje kurushaho gufatanya mu korohereza abafite ubumuga bwo kutabona, ngo babashe kugerwaho n’ibihangano bisohorwa, binyuze mu gushyira mu bikorwa amasezerano yasinyiw...
N’ubwo Nyabihu ari kamwe mu turere dufite abaturage bakennye kurusha abandi mu Rwanda ukurikije ubushakashatsi buherutse gutangazwa n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare( NISR), muri iki gihe kari ku...
Leta y’u Rwanda yateye intambwe ikomeye mu mushinga wo gukorera mu gihugu inkingo za COVID-19 n’ibindi bikoresho byo kwa muganga, binyuze mu masezerano y’ubufatanye n’Ikigega cya Banki y’Isi gitera in...
Ku wa Mbere nibwo byamenyekanye ko umunyarwanda Emmanuel Abayisenga w’imyaka 40, yemeye ko yishe Padiri Olivier Maire w’imyaka 60 wari umucumbikiye mu gace ka Vendée, mu burengerazuba bw’u Bufaransa. ...
Kuva Qatar yemererwa gutangira kubaka Sitade izakinirwamo imikino y’igikombe cy’isi, abakozi batangiye akazi ariko ikibabaje ni uko uburyo bakoramo busa n’ubucakara k’uburyo hari abapfuye bazize ingar...
Nyuma yo kwakirwa muri Paris Saint Germain, ubu Lionel Messi yatangiye imyitozo hagamijwe kureba niba afite ubuzima bwiza bwamufasha imyitozo muri iriya kipe yinjiyemo bwa mbere. Itsinda ry’abaganga b...


