Umutwe udasanzwe w’ingabo za Guinea kuri iki Cyumweru wataye muri yombi Perezida Alpha Condé, unatangaza ko usheshe inzego zose za leta ku buryo abasirikare bafashe ubutegetsi ku ngufu. Colonel Mamady...
Perezida Paul Kagame yavuze ko abakomeza guteza urusaku n’igitutu ku rubanza rwa Paul Rusesabagina nta shingiro bafite, ashimangira ko ubutabera bugomba gutangwa. Kuri iki cyumweru yabigarutseho mu ki...
Perezida Paul Kagame yongeye gushimangira ko u Rwanda rufite uburyo rumenyamo amakuru ajyanye n’iperereza ariko rudakoresha ikoranabuhanga rya Pegasus, ko ababirushinja bagamije kuruharabika no kurute...
Perezida Paul Kagame yavuze ko kugira ngo u Rwanda rubone ibikenewe byo gutangira uruganda rw’inkingo mu Rwanda byabaye urugendo rutoroshye, ariko ari intambwe itanga icyizere bijyanye n’uburyo ibihug...
Minisiteri y’Ubuzima yavuguruye amabwiriza akurikizwa n’abagenzi binjira cyangwa basohoka mu gihugu mu bihe by’icyorezo cya COVID-19, aho ingingo yateganyaga akato k’iminsi irindwi ku bagenzi bava mur...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) yazamuye mu ntera abofisiye babiri bakuru, aho Lieutenant Colonel Innocent Munyengango na Claver Karara bahawe ipeti rya Colon...
Hari abaturage bifuza ko mu kiganiro Perezida Kagame azaha Urwego rw’igihugu rw’itangazamakuru, RBA, yazagaruka ku cyo bise ‘ikibazo cy’utubari’ tumaze imyaka ibiri dufunzwe. Ndererehe avuga ko Umukur...
Kuri iki Cyumweru tariki 05, Nzeri, 2021 Perezida Paul Kagame azaha ikiganiro Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, RBA. Clèophas Barore niwe uzamwakira. Taarifa yamenye ko imwe mu ngingo izibandwaho m...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 04, Nzeri, 2021 Ingabo z’Abatalibani zatangije intambara ku barwanyi bashyigikiye umugabo witwa Massoud. Uyu mugabo yigeze gutozwa n’ingabo z’Amerika n’u Bwongereza kugir...
Boniface Rucagu wigeze kuba Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru akaza no kuyobora Kimosiyo y’igihugu y’Itorero yabwiye Taarifa ko hari umukecuru uherutse kumugezaho ikibazo cy’uko ubuyobozi bw’Akarere...









