Urutonde rugaragaza uko amakipe arutanwa mu gaciro hashingiwe ku mafaranga yaguzwe abakinnyi afite muri uyu mwaka ruyobowe na Manchester City yo mu Bwongereza, yakoresheje miliyari €1.08 kugira ngo ih...
Abatalibani batangaje ko bigaruriye Intara ya Panjshir yari isigaye mu zigize Afghanistan batarafata. Ni amakuru batangaje kuri uyu wa Mbere tariki 06, Nzeri, 2021 bavuga ko iby’abarwanyi b’umugabo w...
Umusore ubarizwa mu rubyiruko rw’abakorerabushake mu Mujyi wa Kigali yemeye ko yashyize umukobwa ku rutonde rw’abikingije COVID-19, kandi atarigeze ahabwa urukingo. Uwo musore wiga muri imwe mur...
Perezida Paul Kagame yasabye abayobozi bashya kubakira ku bunararibonye bafite kugira ngo babashe gufasha Abanyarwanda gutera intambwe mu mibereho yabo, kandi aho ibintu byagiye bigenda nabi bakavanam...
Ikigo cy’indege cy’u Rwanda, RwandAir, cyemeje ko kiri mu myiteguro yo gusubukura ingendo zijya ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Entebbe muri Uganda na Mumbai mu Buhinde, nyuma y’icogora ry’...
Perezida Paul Kagame yemeje ko u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo biri mu biganiro bizemeza uburyo bwo gukoresha umupaka, bworoheye abaturage b’impande zombi muri ibi bihe bya COVID-19. Kuv...
Airtel Rwanda yatangaje ko Emmanuel Hamez ari we muyobozi mushya w’iki kigo. Yasimbuye Amit Chawla wayiyoboraga kuva mu 2018. Hamez yari asanzwe ari Umuyobozi wa Airtel DRC, umwanya yamazeho imyaka in...
Amakuru Taarifa yahawe n’umwe mu baturiye ibitaro by’Akarere ka Rubavu avuga ko hari imodoka yabuze feri[akurikije uko yabibonye] hanyuma igonga urukuta rw’irembo rwa biriya bitaro. Avuga ko umuntu um...
Guinée Conakry ni igihugu giherereye muri Afurika y’i Burengerazuba. Cyahoze ari Koloni y’Abafaransa, kiza kubona ubwigenge tariki 02, Ukwakira, 1958. Abafaransa batangiye kugikoliza guhera mu mwaka y...
Umukino wa nyuma w’Irushanwa Nyafurika rya Basket ryiswe Afrobasket 2021 waraye ukinwe urangira ikipe y’igihugu ya Basket ya Tunisia itsinze iya Côte d’Ivoire, bityo iba igitwaye inshuro ebyiri yikur...








