Ubwonko bw’umwana ni nk’ipamba ushyira mu muti ikawunywa. Mu buryo bw’ikigereranyo, ubwonko twagereranyije n’ipamba kuko iyo ubwegereje ibitabo bukogota inyuguti n’ubumenyi zihishemo bukazigumana kuge...
Mu masaha ya mbere ya saa sita kuri uyu wa Mbere tariki 13, Nzeri, 2021 itsinda ry’abashyitsi bo mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba riyobowe na Hon Christophe Bazivamo ryasuye Akarere ka Rubavu. ...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gitwara abantu n’ibintu mu ndege, RwandAir, cyatangaje ko uko iminsi igenda yicuma ari ko kigenda kizanzamuka, kikivana mu bibazo cyatewe n’icyorezo COVID-19. Bidatinze k...
Umwe mu bacamanza b’i Harare muri Zimbabwe yategetse ko umurambo wa Robert Mugabe wahoze ayobora Zimbabwe utabururwa ugashyingurwa mu irimbi ry’igihugu. Yari yarashyinguwe mu isambu ku ivuko ahitwa Ku...
Hari hashize amezi atatu urubanza rwa Benyamini Netanyahu rusubitswe ariko ubu rwasubukuwe. Ubushinjacyaha bumurega ruswa, itonesha n’ibindi byaha bijyanye no gukoresha nabi ububasha yahoranye akiri ...
Hasigaye iminsi ine ngo muri California hatangarizwe telefoni ya iPhone 13 izaba ifite ubushobozi bwo gukorana n’icyogajuru k’uburyo umuntu ashobora guhamagara cyangwa kohereza ubutumwa bitabaye ngomb...
Raporo y’inkiko mu mwaka wa 2020/21 igaragaza ko imanza zasabiwe gusubirwamo ku mpamvu z’akarengane zageze ku 2033, mu gihe imanza zamaze gusesengurwa byagaragaye ko izabonetsemo akarengane zari 3%. I...
Raporo igaragaza ibikorwa by’Urwego rw’Ubucamanza mu 2020/2021 yerekana ko ibirarane by’imanza byazamutseho 47% ugereranije n’umwaka wabanje, ndetse igihe urubanza rumara rutegereje kuburanishwa kiger...
Perezida Paul Kagame yasabye ko ibihano bitangwa ku bafata abagore ku ngufu n’abasambanya abana byongerwa, nk’uburyp bwatuma abantu barushaho kubigendera kure. Yabigarutseho kuri uyu wa Mbere ubwo yar...
Perezida Paul Kagame yagize Colonel Jean Paul Nyirubutama Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Urwego rw’Iperereza n’Umutekano (NISS) n’Umuyobozi Mukuru ushinzwe iperereza n’umutekano byo hanze y’igihugu,...








