Mu nama yaraye ihuje abagize Urugaga nyarwanda rw’aborozi b’ingurube n’abafatanyabikorwa babo, Umuyobozi wungirije w’Ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’ubworozi ushinzwe ubworozi Dr Solange Uwituze yavuze...
Ubuyobozi mu rwego rw’ubuzima muri Slovakia bwageneye u Rwanda inkingo 280 000 by’urukingo rwa COVID-19 rwo mu bwoko bwa AstraZenica. Byakozwe mu rwego rw’ubufatanye bw’Abanyaburayi bwo gufasha ibindi...
Leta y’u Bwongereza yavanye u Rwanda ku rutonde rutukura, yemera ko guhera ku wa Mbere tariki 11 Ukwakira abantu baruturutsemo noneho bashobora gukorera ingendo muri kiriya gihugu, nyuma y’igihe...
Abapolisi bo mu ishami rishinzwe kurwanya ubucuruzi bwa magendu n’ibindi byaha (ASOC), ku wa Gatanu bafashe abantu babiri barimo uw’imyaka 38 n’undi wa 37, bakekwaho kwiba 3,000,000 Frw mu...
Hari ikirango kijya gica kuri imwe muri Radio zo mu Rwanda kivuga ko ‘ikintu cya mbere ari amakuru’. Iyo Urwego rw’imfungwa n’abagororwa rwo muri Israel ruza gukusanya amakuru no guha agaciro ayo rwab...
Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali( CHUK) bwahaye Taarifa itangazo buvuga ko umugabo Polisi iherutse kwereka itangazamakuru ivuga ko yamufashe kubera kwaka abantu bakoze impanuka ruswa yiyit...
Mu Ntara ya Borno muri Nigeria abarwanyi b’Umutwe Islamic State West Africa Province (ISWAP), uzwi mu Cyarabu nka Jamā’at Ahl as-Sunnah lid-Da’wah wa’l-Jihād bateze igico abasirikare ba Nigeria bicamo...
Perezida Paul Kagame yavuze ko hakenewe kongerwa ishoramari mu ikoranabuhanga rishya mu mikorere y’amabanki, kugira ngo zirusheho kugeza kuri benshi serivisi z’imari, aho kuba gusa serivisi z’abifite....
Mastercard Foundation na Kaminuza y’u Rwanda byatangije ubufatanye bw’imyaka 10 buzashorwamo miliyoni $55, buzafasha abanyeshuri bagera ku 1200 b’Abanyafuika kubasha kwiga kaminuza. Ni ubufatanye buku...
Indege ya Qatar Airways yageze ku kibuga cy’indege cy’i Kabul ijyanyeyo ibikoresho byo gufasha mu kurwanya COVID-19. Niyo nkunga ya mbere yo gufasha urwego rw’ubuzima bwa kiriya gihugu ihageze guhera ...



