Kuri uyu wa Mbere tariki 11 Ukwakira, Urukiko rwa gisirikare rw’i Ouagadougou muri Burkina Faso ruratangira kuburanisha urubanza rw’abakekwaho kwica Thomas Sankara. Sankara wafatwaga nk’umuyobozi w’im...
Hari amakuru avuga ko muri Minisiteri y’ubutabera hari gutegurwa umushinga w’itegeko uzagezwa mu Nteko ishinga amategeko ugamije gusaba ko gusambanya abana bigirwa icyaha kidasaza. Ibyaha bidasaza ni ...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima Dr Mpunga Tharcisse yavuze ko ibibazo biterwa n’icyorezo cya COVID-19 byiyongereye ku ihungabana Abanyarwanda bakomora ku mateka ya Jenoside yakor...
Mu mpera z’Icyumweru gishize, hari tariki 09, Ukwakira, 2021, abantu 113 barimo n’umuhanzi uri mu bakunzwe muri iki gihe witwa Ariel Wayz bafatiwe muri Kicukiro bishe amabwiriza yo kwirinda icyorezo ...
Sylvester Stallone wamenyekanye cyane ku izina rya RAMBO ryitiriwe filimi yakinnye igakundwa cyane ku isi mu mpera z’imyaka ya 1980, agiye gukinana na 50 Cent mu gice cya kane cya The Expendables kiz...
Minisitiri w’Ubuzima mu Burundi Thaddée Ndikumana yatangaje ko mu minsi mike bagiye gutangiza ibikorwa byo gukingira COVID-19 abantu benshi, gahunda izagera ku bantu bose babyifuza. Yavuze ko bamaze g...
Depite Ilhan Abdullahi Omar uhagarariye Leta ya Minnesota mu Nteko ishinga amategeko ya Leta zunze ubumwe za Amerika, ari mu Rwanda mu ruzinduko bwite. Uyu munyapolitiki w’imyaka 39 ukomoka muri Somal...
Abatuye Umudugudu wa Kabusunzu, Akagari ka Pera, Umurenge wa Bugarama mu Karere ka Rusizi baherutse kwereka Polisi inzu abasore babiri bakoreragamo impushya zo gutwara ibinyabiziga. Yaragiye ihasanga ...
Nyuma y’uko hari abakozi batatu bo mu Biro Bya Perezida Museveni bapimwe bagasanganwa ubwandu bwa COVID-19 ubwo bari bavuye i Dubai, Abu Dhabi na Addis Ababa, Umuganga we bwite yavuze ko nawe agomba k...
Mu masaha ya nyuma ya saa sita kuri uyu wa Gatanu, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye inyandiko zemerera ba Ambasaderi batatu gutangira gukorera mu Rwanda. Barimo uwa Qatar witwa Misfer Bin F...









