Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hakomeje inyigo y’uburyo ibisate bimwe by’imihanda byagenerwa imodoka zitwara abagenzi benshi, nk’uburyo bwatuma abantu bayoboka uburyo bw’ingendo rus...
N’ubwo Leta y’u Rwanda ikomeje koroshya ingamba zari zarakajijwe mu mezi yashize mu rwego rwo kwirinda COVID-19, umwe mu batuye Umurenge wa Masaka avuga ko abantu batitonze bashobora kongera kanduzany...
Perezida Paul Kagame yahaye imbabazi Dr Pierre Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe, umaze igihe afunzwe nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gutanga sheki zitazigamiye. Ni kimwe mu byemezo by...
Mu bikorwa by’icyumweru cyahariwe ubufatanye bw’ingabo n’abasivili muri Afurika y’Iburasirazuba cyasojwe kuri uyu wa Gatatu, itsinda ry’abaganga b’Ingabo z’u Rwanda ryashoboye kuvura abarwayi 1129 ku ...
Abayobozi bakuru b’Ingabo z’u Rwanda, iza Mozambique n’iz’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC), zahuriye mu nama mpuzabikorwa ku rugamba rwo guhangana n’umutwe w’iterabwoba mu ...
Urukiko mpuzamahanga rw’Umuryango w’Abibumbye (ICJ) rwahaye Somalia igice kinini cy’umupaka wo mu mazi yaburanaga na Kenya, birushaho kuzamura umwuka mubi aho guhosha ikibazo. Agace katavugwaho rumwe ...
Mu ruzinduko rwe rw’iminsi itatu afite mu Rwanda, Lt Gen Teo Luzi uyobora Polisi y’u Butaliyani yasuye ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda rikorera mu Karere ka Musanze, asaba abapolisi bahiga by’umwi...
Igitekerezo cyo kubaka uruganda rw’inkingo mu Rwanda cyatangiye kuza mu mutwe w’abakorera uruganda Siemens rwo mu Budage mu mwaka wa 2018. Tariki 10, Ukwakira nibwo itsinda ryabo riyobowe na Sabine Da...
Uyu mugabo wabaye icyamamare mu batoza bakomeye ku isi ubwo yatozaga Arsenal, yabonye akazi k’igihe gito ko gutoza ko gutoza ikipe yo muri Arabie Saoudite izakira umukino wa gicuti na Paris Sai...
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rufite inshingano zo kurengera ubuzima bw’abaturage barwo, bitandukanye n’ibihugu n’imiryango bikomeje gusaba ko Paul Rusesabagina wahamijwe ibyaha by’ite...








