Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Dr. Ugirashebuja Emmanuel yaraye yitabiriye inama ihuza abayobozi ba Polisi z’ibihugu byibumbiye mu Muryango wo mu Karere k’i Burasirazuba (EAPCCO...
Urwego ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko guhera kuri uyu wa 16 Ukwakira kugeza ku wa 14 Ukuboza 2021, igiciro cya lisansi i Kigali kitagomba kurenga 1143 Frw mu gihe icya mazutu cyagumye ku 1054 F...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu gihe cya vuba hazatangira umushinga wo kuvugurura uduce tune tugaragara nk’akajagari, tugashyirwamo ibikorwa remezo ku buryo abahatuye bazashishikarizwa ...
U Burundi bwakiriye inkingo 500,000 za COVID-19 bwahawe na Leta y’u Bushinwa, ari nazo za mbere iki gihugu cyakiriye muri gahunda yacyo yo gukingira abantu bose “babyifuza”. Izo nkingo zo ...
Bill Clinton wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari mu bitaro, kubera uburwayi bwo mu maraso buzwi nka ‘blood infection’. Clinton w’imyaka 75, ku wa Kabiri nimugoroba nibwo ya...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Ukwakira, 2021 mu Murwa mukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo hatangiye inama ihuza abayobozi bakuru ba Polisi zo mu Karere u Rwanda ruherereyemo. IGP Dan Munyuza ...
Urwego rw’Iterambere mu Rwanda (RDB) rwemeje ko utubyiniro tuzongera gufungura mu byiciro, ariko twakire abatarenze 30% by’ubushobozi bwatwo bwo kwakira abantu. Ni icyemezo cyatangajwe kuri uyu wa Kan...
Minisitiri w’Umutekano mu Burundi Gervais Ndirakobuca, yategetse amadini yose guhagarika amateraniro yajyaga akorwa mu masaha y’akazi kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Gatanu, kugira ngo abaturage bite ku...
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko ku bufatanye n’inzego z’umutekano rwafashe abantu batandatu barimo Nsengimana Theoneste nyiri Umubavu TV ikorera YouTube. Bakurikiranweho ibyaha by...
Umugabo yaraye arashe imyambi mu baturage bari bateraniye mu isoko riri ahitwa Kongsberg muri Norvège yicamo batanu akomeretsa abandi babiri abarashe imyambi. Byamenekanye ko ari umuhezanguni wo m...









