Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, abasirikare b’u Rwanda bakurikiranye abantu bageragezaga kwinjiza magendu mu Rwanda, birangira bakandagiye ku butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nk’uko ibin...
Colin Powell wigeze kuba Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga akaba yarayoboye n’ingabo z’Amerika muri Ntambara yo muri Iraq yishwe na Covid-19. Niwe mwirabura wenyine wagiye ku mwany...
Impunzi 911 zari zisigaye mu nkambi ya Gihembe mu Karere ka Nyamagabe zimuwe zijyanwa mu Nkambi ya Mahama iri mu Karere ka Kirehe. Imbere iriya nkambi yari ituwemo n’impunzi 12, 000 zi yari imaze imya...
Dr Pierre Damien Habumuremyi yahishuye ko muri gereza zo mu Rwanda harimo ikibazo gikomeye cy’ingengabitekerezo ya Jenoside, ku buryo inzego zikwiye gushyira imbaraga mu kuyihashya, aho kwibanda hanze...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Lieutenant Colonel Bernard Niyomugabo amuha ipeti rya Colonel, anamuha inshingano nshya zo guhagararira ubufatany...
Nyuma y’uko hari abantu bagaragayeho ubwandu bushya bwa Ebola mu Mujyi wa Beni mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, inzego z’ubuzima za Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’izo mu Ishami ry’Umuryango w’Abi...
Perezida Paul Kagame yavuze ko hari intambwe nyinshi u Rwanda rwateye, ariko rutaratsinda intambara kuko rutaragera ku ntego rwihaye nk’igihugu z’ubumwe, iterambere n’umutekano. Ni ijambo yavuze kuri ...
Ku kazuba k’agasusuruko mu gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki 16, Ukwakira, 2021 abagabo n’abagore bakunda umukino wa Golf bahuriye ahubatswe ikibuga cyawo kigezweho mu Karere ka Rwamagana barawukina...
Minisitiri w’Intebe wa Sudani witwa Abdalla Hamdok yatangaje ko igihugu cye kiri mu bibazo bya politiki biterwa n’uko bigoye ko abasirikare basubiza ubutegetsi abasivili. Yavuze ko igihugu cye kiri mu...
Kuri uyu wa Gatanu Guverineri w’Intara y’i Burengerazuba François Habitegeko yaraye ahuye na mugenzi we uyobora Intara ya Cibitoke witwa Bizoza Carême, bemeranya ko bazajya buhura mu bihe bidahindagur...









