I Riyadh muri Arabie Saoudite hatangiye ibiganiro biri mu bikomeye biri kuba ku isi bigamije guhagarika intambara y’Uburusiya na Ukraine. Ese ni bande bari ku meza y’ibiganiro? Ku ruhande rw’Uburusiya...
Mu minsi mike iri imbere Abanyarwanda barongera bishimire kureba isiganwa mpuzamahanga rya Tour du Rwanda rizaba ku nshuro ya 17. Rizangira ku Cyumweru tariki 23, Gashyantare, rigatangirire mu mujyi ...
Mu mboni zawo, umutwe Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) usanga igikwiye ari uko abaturage bose ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo bahagaruka bagafatanyanayo guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa kuko busig...
Perezida wa Congo Brazzaville Dénis Sassou Nguesso avuga ko inzira yo gufatira u Rwanda ibihano ngo rukunde rwumvire ibyo amahanga arushinja idashobora kugarura amahoro mu Karere. Yabibwiye France 24 ...
Repubulika ya Demukarasi ya Congo ni igihugu gikize ku mutungo kamere ariko gikennye mu mufuka no ku mutima. Ubushakashatsi bwakozwe na UN bwiswe UN Human Development Index buvuga ko iki gihugu ari ic...
Hari hashize igihe kirekire abatuye Bukavu barangwa n’ubwoba bwaterwaga na ruswa mu nzego za Leta, yatumaga abahohotewe batabona ubutabera nyabwo. Aho M23 ifatiye uyu mujyi, abawutuye biruhukije! Ubus...
Mu rwego rwo kongerera imbaraga uruhande ruhanganye na M23, igisirikare cy’Uburundi cyohereje muri Kivu y’Amajyepfo izindi batayo enye. Ni abasirikare bagera ku bihumbi bine(4000) kuko batayo ahanini ...
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed yambitse umudali w’ishimwe Madamu Dr. Monique Nsanzabaganwa amushimira uruhare yagize mu guharanira ko imikorere ya Afurika yunze ubumwe igenda neza. Nsanzab...
Kubera intambara, ubucuruzi bwaberaga mu Mujyi wa Goma busa n’ubwahagaze. Nta mafaranga ahagije ari mu baturage ndetse hari n’aho usanga abantu bagurana ibintu mu rwego rwo guhahirana… Iki kibazo kiri...
Amatora yakozwe n’Abakuru b’ibihugu n’abandi bari bari mu Nteko rusange ya Afurika yemeje ko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Djibouti Mahmoud Ali Youssouf ari we usim...





