Polisi ya Uganda yatangaje ko yabonye amakuru ko mu gihugu hashobora kuba imyigaragambo itemewe irangajwe imbere n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi, ariko ko yiteguye gukora ibishoboka byose ikayihosha. U...
Kubera ko ari igihugu gito kandi gituye mu gace gakize ku rusobe rw’ibinyabuzima, u Rwanda rwasanze ari ngombwa gushyiraho ingamba zituma ibinyabuzima birutuye bibungwabungwa. Imwe mu ngamba rwafashe...
Ni inkuru nziza ku banyeshuri biga gukora ururimi rukoreshwa na mudasobwa rukorwa mu buhanga bita coding biga muri Rwanda Coding Academy muri Nyabihu. Aba banyeshuri bagiye kuzajya bakorana n’abahanga...
Kuri uyu wa Mbere tariki 08, Ugushingo, 2021 u Rwanda n’u Bushinwa byizihije ku mugaragaro isabukuru y’imyaka 50 ishize ibihugu byombi bifitanye umubano. Ni umubano ushingiye ku nkingi zirimo uburezi,...
Hari amakuru yari yaragizwe ibanga n’inzego z’umutekano haba muri Libya no muri Israel y’uko umuhungu wa Gen Khalifa Haftar witwa Saddam Haftar aherutse gusura Israel bakagirana ibiganiro mu muhezo. B...
Abaturage benshi bamaze kuva mu byabo bahunga imirwano yatangijwe n’inyeshyamba ku ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu bice bya Chanzu na Runyoni muri Rutshuru. Bikekwa ko abagabye ibyo bit...
Umucamanza Theodor Meron wakunze kunengwa n’u Rwanda, yasezeye mu Rwego rwasigaranye imirimo y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (IRMCT), icyemezo kizashyirwa mu bikorwa guhera ku wa 17 Ugushyingo 2021. ...
Ibiro bya Banki y’Isi bitangaza ko ubutaka bw’Afurika bwugarijwe n’isuri, kubumenaho imyanda itabora nka Pulasitiki, ubuhinzi budatuma ubutaka buruhuka n’ibindi. Muri ibyo bindi bituma ubutaka bw’Afur...
Umuyobozi muri Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa no gushyira ibintu mu buryo Commissioner of Police( CP) George Rumanzi yaraye abwiye abapolisi 143 bari barangije akazi kabo muri Sudani y’Epfo ko ba...
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha Dr. Thierry B. Murangira niwe waraye utanze iyi gasopo. Avuga ko abantu barengera bagakoresha ruriya rubuga nkoranyambaga kugira ngo babibe ingengabiteke...









