Nibwo butumwa bw’ingenzi bukubiye mu biganiro byaraye bihuje Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping na Joe Biden uyobora Amerika. Icyakora Perezida Xi niwe wabwiye mugenzi we ko kumva ko u Bushinwa buzemera...
Minisitiri w’ingabo Major General Albert Murasira ari i Harare muri Zimbabwe mu ruzinduko rugamije gutsura umubano hagati y’ingabo z’u Rwanda n’iza Zimbabwe. Yahuye na mugenzi we uyobora Minisiteri y’...
Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo (MINICT), MTN Rwanda n’abafatanyabikorwa basubukuye igikorwa cyo gushyikiriza abatishoboye telefoni zigezweho, gahunda yitezweho kugabanya icyuho mu ikor...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yasabye ko uburezi buhuzwa n’ibikenewe ku isoko ry’umurimo, nk’uburyo bwafasha Afurika kubyaza umusaruro amahirwe atangwa n’amasezerano ashyiraho isoko rusange...
Ubwo Urukiko rw’ikirenga rwategaga amatwi ibisobanuro ku kirego umunyamakuru Byansi Samuel Baker yakigejejeho avuga ko asaba ko ingingo ya 71 yerekeye imiburanishirize y’imanza mbonezamubano, iz’ubuc...
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko mu bakandida 72,910 bakoze ibizamini bya leta bisoza amashuri yisumbuye, abagera ku 7727 batagejeje ku inota fatizo bityo batemerewe guhabwa impamyabumenyi. Kuri uyu ...
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Professeur Jeannette Bayisenge yasabye abayobozi b’ibinyamakuru gukora k’uburyo abakobwa n’abagore babakorera bakora bisanzuye kandi kinyamwuga kug...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP John Bosco Kabera yaburiye abinubira ko kamera (camera) zifata abarengeje umuvuduko zabaye nyinshi ku mihanda, avuga ko hakiri kare cyane kuko hazakomeza gushyirwaho ...
Umuhanga mu by’imitekerereze n’imyitwarire y’abantu Dr Gilberto Lopez wigisha muri imwe muri Kaminuza zo muri Amerika yabwiye abari bamukurikiye ubwo hatangizwaga iserukiramuco ryiswe Hamwe Festival k...
Guverinoma y’u Rwanda yatangije ubukangurambaga bugamije guteza imbere ubuzima bw’umwana n’umubyeyi, mu gihe imibare yerekana ko hari ibibazo birimo kugwingira bikomeje kugaragara kandi bidindiza iter...









