Nyuma yo gusuzuma neza, igisirikare cya Israel cyasanze umwe mu mirambo Hamas yahaye iki gihugu y’abantu yari yaratwaye bunyago atari uw’umuturage wayo. Uwo murambo batuburiye Israel ni uw...
Kuri uyu wa Kane tariki 20, Gashyantare, 2025, Amerika yatangaje ko yafatiye Gen (Rtd) James Kabarebe ibihano mu rwego rw’ubukungu. Uyu muyobozi wahoze ari n’umusirikare mukuru mu ngabo z&...
U Rwanda rwabwiye Ubwongereza ko ingamba rwafashe zo kwirindira umutekano ari rwo zireba bityo ko ntawe ukwiye kurutegeka uko rubyitwaramo. Hari nyuma y’itangazo ryasohowe n’Ibiro by’Ubwongereza bishi...
Guverinoma y’u Rwanda yatangije umushinga yise One Million Coders Initiative ugamije ko igihugu kizaba gifite abantu miliyoni imwe bakora porogaramu za mudasobwa bita Coders. Umunyamabanga Uhoraho mur...
Raporo igaragaza ko abizigamiye muri Ejo Heza mu gihugu hose mu mezi arindwi ashize( ni ukuvuga guhera muri Nyakanga 2024 kugeza Mutarama, 2025), bamaze kuzigama Miliyari Frw 7,5. Ni ubwizigame bunga...
Itsinda riyobowe na Lambert Mende ryavuye i Kinshasa ryerekeza muri Kenya kuganira na William Ruto uyobora iki gihugu na EAC. Baraganira ku cyakorwa ngo M23 icururuke, intambara iri mu Burasirzuba bwa...
Mu Mujyi wa Uvira ibintu biri gufata indi sura nyuma y’uko abasirikare ba DRC batangiye kuhava berekeza mu Mujyi wa Kalemie. Abenshi mu basirikare b’iki gihugu bari kugana ahari ubwato ngo bambuke bag...
Mu mihanda yo mu Midugudu yo mu Murwa mukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo abantu ni uruvunganzoka kandi nta yindi ntero itari kwivuna umwanzi bo bavuga ko uwo ari Umunyarwanda cyangwa uvuga Ik...
Donald Trump yanenze imiyoborere ya Perezida wa Ukraine, avuga ko adashoboye kuganira ngo amahoro agaruke aho yabuze, haba mu gihugu cye cyangwa ahandi. Volodymyr Zelenskyy unengwa asanzwe ari Perezid...
Guverinoma y’u Rwanda ivuga yahagaritse imikoranire n’iy’Ububiligi bitewe n’imyitwarire yabwo irimo agasuzuguro no kurusibira amayira. Ni icyemezo kizamara imyaka itanu ni ukuvuga hagati ya 2024 na 20...









