Dr. Agnes Kalibata, kuri uyu wa Kane tariki 06, Werurwe, 2025 yarangije manda ebyiri yari amaze ayobora Ikigo Nyafurika gishinzwe guteza imbere ubuhinzi, Alliance for a Green Revolution in Africa (AG...
Abaturage ba Canada bageze mu zabukuru bishimira ko Leta yabo ibitaho, ikabaha ibyo bakeneye byose ndetse ku buryo hari n’abatirirwa bibaza aho amafaranga akora ibyo aturuka. Benshi muri bo, niba atar...
Mu masaha y’igicamunsi kuri uyu wa Gatatu nibwo haje amakuru avuguruza ibyari byavuzwe by’uko Gen Pacifique Ntawunguka witwa Omega yafashwe na M23 kandi ko igiye kumuha u Rwanda. Dr. Balinda yabwiye b...
Abagabo babiri bo mu Murenge wa Butare mu Karere ka Rusizi bafashwe n’inzego z’umutekano bafite amajerekani arimo lisansi bari bagiye kugurisha mu Burundi. Baje guca mu rihumye abari babafashe bariruk...
Taarifa ifite amakuru ko mu gihe gito kiri imbere ubuyobozi bwa AFC/M23 buri bushyikirize u Rwanda Gen Pacifique Ntawunguka wari Umuyobozi w’Ishami rya Gisirikare rya FDLR rizwi nka FOCA (Les Forces C...
Perezida wa Misiri Abdel Fattah Al Sisi yatangaje ko igihugu cye gifite gahunda yo kuvugurura Gaza, kikayubakamo umujyi ufite agaciro ka Miliyari $53, bigakorwa bitabaye ngombwa ko abanya Gaza bimurir...
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda yahamagaje Ambasaderi wa Canada mu Rwanda Julie Crowley kugira ngo atange ibisobanuro kubyo igihugu cye cyashinje u Rwanda birimo ubwicanyi muri Repub...
Mu Nteko Ishinga Amategeko, Minisitiri w’Uburezi Dr. Joseph Nsengimana yahavugiye ko ubuke bw’ibyumba by’amashuri bukibanamiye ireme ry’uburezi. Ni ikibazo gituma abanyeshuri biga basimburana mu byumb...
Ubushinjacyaha bwa gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwatangaje ko abasirikare 200 b’iki gihugu bahamwe n’ibyaha birimo guhunga umwanzi bityo ko bakatiwe urwo gupfa. Uwo mwanzi uvugwa ...
Anthony Ngororano yagizwe Umuyobozi w’Amashami y’Umuryango w’Abibumbye (UN) muri Madagascar. Ngororano, mu bihe bitandukanye n’ahantu hatandukanye, yakoze byinshi mu nzego zo hejuru haba mu Rwanda no ...









