Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko Ibiro bya Ambasade yayo i Brussels mu Bubiligi byafunzwe bityo abashaka serivisi zayo bazazisanga mu Buholandi ahitwa La Haye. Hatangajwe kandi...
Mu gihe habura igihe gito ngo u Rwanda n’isi muri rusange bibuke Jenoside yakorewe Abatutsi, Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rukomeje gusaba abaturage kwirinda ingengabitekerezo yayo. Kuri u...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa Louise Mushikiwabo yabwiye Televiziyo mpuzamahanga y’Abafaransa TV 5 Momdd ko atemera ko guhana ibihugu baherutse kwivana mu murya...
Gen Muhoozi Kainerugaba yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi yari amaze igihe ateguje. Mu masaha ashyira saa kumi z’umugoroba nibwo yageze i Kigali, yakirwa na mugenzi we uyobora ingabo z̵...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb.Olivier Patrick Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we wa Tunisia witwa Mohamed Ali Nafti batinda ku bibazo biri mu Karere u Rwanda ruh...
Prof.Didas Kayihura Muganga uyobora Kaminuza y’u Rwanda avuga ko mu myaka iri imbere ikigo abereye umuyobozi w’agateganyo kizakomeza guharanira ko umubare w’abafite ubumuga n’impunzi bayigana wiyonger...
Ahitwa Matonge habereye irasana hagati ya bamwe mu bagize Umutwe urinda Abayobozi bakuru b’igihugu n’abapolisi umuntu umwe ahasiga ubuzima. Matonge iherereye ahaitwa Kalamu mu Murwa mukuru, Kinshasa. ...
Banki nkuru y’u Rwanda yatangaje ko Abanyarwanda baba mu mahanga bohereje mu Rwanda mu mwaka wa 2024 Miliyoni $ 502 mu gihe mu mwaka wa 2023 bohereje Miliyoni $505. Bivuze ko habayeho kugabanuka...
Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe Mahamoud Ali Youssouf yavuze ko guhura kwa Kagame na Tshisekedi bahuriye i Doha muri Qatar ari ibyo kwishimira. Abakuru b’ibihugu b...
K’ubufatanye n’Ikigo Afri-Global Cooperation Program Ltd (AGCP), Banki ya Equity Bank Plc igiye gushyiraho uburyo bwo gusobanurira abantu uko imari ivuka n’uko icungwa mu buryo burambye. Izabikora bis...









