Ingabo z’u Rwanda (RWABATT-2) zoherejwe mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), zambitswe imidali yo kuzishimira umuhati zigira mu kubungabunga umutekano mu baturag...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola witwa Téte António yatangaje ko Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yahuye na mugenzi we João Lourenço baganira uko bakomeza kugirana inama. Antoni...
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu yanzuye ko Col Pacifique Kayigamba Kabanda aba Umunyamabanga Mukuru wa RIB. Asimbuye Col(Rtd) Jeannot Ruhunga watangiye izi nshingano mu mwaka ...
Mu izina rya Guverinoma y’u Rwanda, Ambasade yarwo ikorera muri Koreya Y’Epfo yihanganishije imiryango n’inshuti z’abaturage b’iki gihugu baburiye ubuzima mu nkongi y’umuriro yahitanye aba...
Abakozi b’Urwego rw’igihugu rutsura ubuziranenge, RSB, basuye batunguye abakora kuri imwe muri sitasiyo zo mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi babasaba kubereka uko gaze na lisansi bahacuruza...
Mu mezi ane ashize abantu 45 mu Rwanda batawe muri yombi bakurikiranyweho gukoresha ikoranabuhanga bakiba abantu $ 305.000, ni ukuvuga Miliyoni Frw 432 zisaga. Abo bafatiwe mu mukwabo mpuzamahanga wak...
Aborozi b’amafi bakorera ikigo kitwa Kivu Choice bavuga ko aho batangiriye korora amafi kijyambere bagize umusaruro watumye amafaranga yinjira mu ngo zabo yiyomgera. Bororera amafi mu Kagari ka ...
Ubwo yagezaga ijambo kuri bagenzi be ba EAC na SADC bari bitabiriye Inama yabahuje mu buryo bw’ikoranabuhanga, Perezida Kagame yababwiye ko intambara akenshi iterwa n’akarengane mu bantu. ...
João Lourenço uyobora Angola yatangaje ko atakiri umuhuza hagati y’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo, avuga ko ubu agiye gushyira imbaraga mu nshingano yahawe zo kuyobora Afurika yun...
Abaturage bo mu Karere ka Rusizi ahari Koperative y’abarobyi kitwa Projet Pêche mu Murenge wa Kamembe hafi y’ikiyaga cya Kivu neza neza, bavuga ko ifu y’isambaza yagize kandi igifiti...









