Righathi Gachagua wigeze kuba Visi Perezida wa Kenya yasezeranyije abaturage ko nibahitamo neza bakamutora mu matora y’Umukuru w’igihugu yo mu mwaka wa 2027, azasubiza Kenya icyubahiro yahoranye kubwa...
I Saoul mu Murwa mukuru wa Koreya y’Epfo habereye iserukiramuco ryitabiriwe n’ibihugu bya Afurika birimo n’u Rwanda. Ni mu iserukiramuco rihuza Koreya y’Epfo na Afurika ryitwa ...
Elimelech Stern w’imyaka 22 akurikiranyweho n’urukiko rw’i Yeruzalemu rwitwa Jerusalem District Court kubera kuregwa kunekera Iran bikozwe n’umugore witwa Anna wamuhembaga amafaranga mu buryo bw’ikor...
Ikipe y’igihugu y’ingimbi zitarengeje imyaka 20 yatsinzwe na Maroc amaseti 3-2 mu mukino ufungura mu gikombe cya Afurika mu mikino iri kubera i Cairo mu Misiri. Hri mu mukino wabaye ku mugoroba wo kur...
Umunyamabanga wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika Marco Rubio yageze i Yeruzalemu ajyanywe no kuganira na Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu ku ntambara muri Gaza no kumubaza icyamuteye kurasa kuri Qa...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yagennye ko Major General Vincent Gatama ayobora itsinda rya RDF n’irya Polisi ryoherejwe muri Cabo Delgado, Intara ya Mozambique, ...
Ubuyobozi bukuru bw’u Rwanda bwatoye bushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro w’Umuryango w’Abibumbye ugena ko Abanya-Israel n’Abanye-Palestine bagabanywa ubutaka buri gihugu kikagira ubwigenge ...
Mu gihe cy’iminsi 15, Ikigo cy’igihugu kibungabunga ibidukikije, REMA, kimaze gusuzuma ubuziranenge bw’ibyuka biva mu binyabiziga 1000 kandi uwo murimo urakomeje. Intego ni ugukangurira abantu g...
Ishami rya RBC rishinzwe ubuzima bwo mu mutwe rivuga ko 51.3% by’Abanyarwanda biyahura, ari urubyiruko. Ni abafite hagati y’imyaka 19 na 35 , muri bo 16.8% bari munsi y’imyaka 18 n&#...
Urukiko rukuru rwa gisirikare rwasubitse gusomera Joseph Kabila, igikorwa cyari bube kuri uyu wa Gatanu tariki 12, Nzeri, 2025 kigasubikwa kubera ko hari ibindi urukiko rwasanze bigomba kubanza kugibw...









