Taarifa Rwanda yamenye amakuru y’uko ubushyimirane bushingiye ku ikoreshwa nabi ry’umutungo bwateye umugore kwica umugabo we amutemye nawe arimanika. Bari batuye mu Mudugudu wa Gacondo, Ak...
Abatavuga rumwe na Leta ya Nigeria bavuga ko bitumvikana ukuntu Umukuru w’igihugu amara hafi ukwezi ari mu Bufaransa nta makuru abaturage babifiteho na mba! Bola Tinubu yageze mu Bufaransa Tarik...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu nama y’Abaminisitiri ni uwo kwemeza umushinga w’Itegeko rigenga ikoreshwa ry’umuhanda, uteganya amavugurura atandukanye ashingiye kwimakaza ikoreshwa ry’ikoranabuhan...
Mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge hari umugore w’imyaka 38 watawe muri yombi akurikiranyweho gukomeretsa umugabo we amumennyeho isombe ishyushye. Radio/TV10 yavuze ko uwo mugore yemera ...
Yoram Baguma w’imyaka 28 y’amavuko yemereye urukiko ko Tariki 11, Werurwe, 2025 yashatse guhutaza Perezida Museveni ubwo yari yagiye kuganira n’abatuye Kawempe ku byerekeye amatora. Icyo gihe hari ama...
*Nyamagabe ikennye kurusha ahandi *Kicukiro yavuye ku mwanya wa mbere mu bukire *Umunyarwanda yinjiza $1040 ku mwaka… Ubushakashatsi bwa karindwi ku Mibereho y’Ingo muri Rusange (EICV7) bwafatiye ku ...
Juvenal Marizamunda yabwiye abagifite ibitekerezo byo gutera u Rwanda ko uwo mugambi usa n’inzozi batazakabya. Ubwo hibukwaga Abatutsi biciwe mu cyahoze ari Cour d’Appel de Ruhengeri n’abajugunywe mu ...
Umuhanga mu by’ubukungu, Teddy Kaberuka, avuga ko izamura ry’imisoro ku bicuruzwa biva hanze byinjira muri Amerika rizagira ingaruka ku bukungu bw’isi muri rusange. Atangira asobanura ko buryo mu miha...
RIB yemeje ko yataye muri yombi Ntazinda Erasme wayoboraga Akarere ka Nyanza nyuma yo kweguzwa n’Inama idasanzwe ya Njyanama yateranye kuri uyu wa Kabiri tariki 15, Mata, 2025. Bivugwa ko yazize kuna...
Mu Murenge wa Bwishyura aharaye habereye kwibuka ku nshuro ya 31 Abatutsi bazize Jenoside mu mwaka wa 1994 bigaga mu kigo EAFO Nyamishaba na ETO Kibuye hatangarijwe ko mu mezi ane abantu 36 bari barat...









