Igenamigambi rya Leta y’u Rwanda rivuga ko ingengo y’imari y’u Rwanda mu mwaka wa 2025-2026 izaba Miliyari Frw 7.032,5 ni ukuvuga inyongera ya Miliyari Frw 1.216 ugereranyije n’...
Umwotsi wera werekana ko Papa mushya yatowe wamaze kuzamurwa ahaberaga amatora yo gusimbura Francis uherutse gutabaruka. Uwatowe ni Umunyamerika ukomoka muri Chicago akaba yari asanzwe ayobora Abepisi...
U Rwanda rwoherereje amahanga ibikomoka k’ubuhinzi n’ubworozi byose hamwe bifite agaciro ka $ 8,263,198, byose bikaba bingana na toni 8,909. Iyi mibare ikomatanyije ibintu byoherejwe hanze hagati y’it...
Imiterere y’u Rwanda iranyuranye kandi bigira ingaruka ku mitunganyirize n’imitangirwe y’amazi meza cyane cyane mu cyaro. N’ubwo u Rwanda rwiyemeje ko mu mwaka wa 2030 abaturag...
Ku munsi wa mbere w’amatora ya Papa uzasimbura Francis nta mu cardinal waraye wemejwe, bityo umwotsi wera werekana ko hari uwatowe ntiwazamurwa. Aho kuzamura uwera hazamutse uwirabura bityo isi ibona ...
Abarwanyi ba M23 bafashe Luhwinja muri Kivu y’Amajyepfo ahantu hakize cyane kuri zahabu. Bivugwa ko abo barwanyi bahafashe batarwanye. Abahatuye babwiye Radio Okapi ko aha ari ahantu ha mbere ba...
Perezida Paul Kagame yageze i Paris mu Bufaransa aganira na mugenzi we Emmanuel Macron. Perezidansi y’u Rwanda ivuga ko Abakuru b’ibihugu byombi baganiriye kuri byinshi bifite aho bihuriye...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda yatangaje ko abasirikare batatu bari mu butumwa bwo kurwanya ibyihebe mu Ntara ya Cabo Delgado biciwe mu gico batezwe, abandi batandatu barakomereka. Icyo gic...
Aba cardinals 133 bose bamaze kugera muri Chapelle Sistine iri i Roma ngo batore Papa usimbura Francis uherutse gupfa. Abatora bose bagomba kuba bafite imyaka itarenze 80. Mbere hari butore aba Cardin...
Perezida Paul Kagame yakiririye mu Biro bye Umuyobozi ku rwego rw’isi w’Umuryango Mpuzamahanga wa Croix Rouge witwa Mirjana Spoljaric Egger. Yamwakiranye n’uyobora uyu muryango ku rwego rwa Afurika wi...








