Diomaye Faye uyobora Senegal yabwiye amahanga ko u Rwanda ari igihugu ibindi byo muri Afurika bikwiye kwigiraho mu guha ikoranabuhanga umwanya wa mbere mu bintu byose. Hari mu kiganiro yatangiye mu na...
Abantu bari bari mu Kiliziya basenga batunguwe ubwo umusirikare yinjiraga akabarasa akicamo batatu. Byabereye muri Kiliziya iri ahitwa Banana muri Kongo-Central. Ababibonye bavuga ko uwo musirikare ya...
Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente yavuze ko uruhare Ikigo cy’u Rwanda gitwara abantu n’ibintu mu ndege, Rwandair, cyagize mu guhuza ibihugu bya Afurika ari urwo gushimwa. Yabivugiye mu kiganiro ...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Olivier Nduhungirehe yageze Budapest muri Hongrie aho biteganyijwe ko kuri uyu wa Mbere ari butahe ku mugaragaro Ambasade y’u Rwanda muri iki gihugu. Olivi...
Kimwe mu byemeranywaho n’abahanga ko byerekana ko umuntu yatangiye gusaza ni ukudashobora guhagarara k’ukuguru kumwe byibura amasogonda 10. Bavuga ko iyo udashobora kubikora kandi utasinze...
Robert Kyagulanyi usanzwe utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda yatangaje ko ateganya ‘kongera’ kwiyamamariza kuyobora Uganda. Ayo matora azaba mu mwaka wa 2026, akazahangana na Perezida Yoweli Museve...
Papa Leo XIV yasomye Misa ya mbere yabereye ahitwa Mary Salus Populi Romani aca no ku mva ya Papa Francis yasimbuye arahasengera. Misa yayisomeye kuri Bazilika yiswe Sainte Marie Majeure. Ubwo aheruka...
Umuryango wibuka Abatutsi bajugunywe mu mazi witwa Dukundane Family wabibukiye ku ruzi rw’Akagera ku gice cyayo gikora ku Murenge wa Masaka, Akagari ka Rusheshe muri Kicukiro. Abagize uyu muryango bav...
Hari amasezerano y’imikoranire yasinywe hagati y’ikigo Equity Group n’Ikigega Nyafurika cy’Ingwate (African Guarantee Fund-AGF) yo guha iyi Banki Miliyoni $500 azazamura imishinga mito yo mu Rwanda, D...
Ubwo yagezaga ikiganiro gikubiyemo igenamigambi ku ngengo y’imari y’umwaka wa 2025/2026 n’uko izakoreshwa, Minisitiri Yussuf Murangwa yavuze kubaka umuhanga Kigali-Muhanga utagikozwe kuko hari ibitara...








