Mu Mirenge y’Akarere ka Rutsiro habaruwe ingurube zirwaye indwara iterwa n’agakoko ka bacteria Abanyarwanda bise ‘Muryamo’. Utwo dukoko iyo tugeze mu rwungano rw’igogora mu nda y’itungo tugatuma ingur...
Massad Boulos usanzwe ari Umujyanama mukuru wa Perezida wa Amerika ku byerekeye Afurika avuga ko nyuma y’uko Ibiro bye bikoranye n’ubuyobozi bw’u Rwanda na DRC mu gukora umushinga uhuriweho wo kugarur...
Eddie Mutwe wari usanzwe ari mu basore barindira Bobi Wine umutekano yashimuswe ajyanwa ahantu hataramenyekana nk’uko ishyaka ry’uriya munyapolitiki ryitwa National Unity Platform, NUP, ribyemeza. Kur...
Inyoni zifitiye abantu akamaro kanini haba mu kubarinda binyuze mu kurya inigwahabiri zirimo imibu, amasazi, amajeri n’utundi dukoko dushobora kubanduza indwara. Hejuru y’ibi, hiyongeraho ko n’i...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rurasaba Abanyarwanda bajya gusenga kujya bitwararika Telefone zabo kuko hari abazihibirwa. Umuvugizi w’uru rwego, Thierry B. Murangira, yabivu...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga yageneye agahimbazamusyi abakobwa bagize ikipe y’igihugu y’abangavu. Yavuze ko yabikoze kubera ko bashimishije ikipe abereye umuyobozi ari y...
Guverinoma y’u Rwanda iteganya ko, mu rwego rwo kwihutisha iterambere, muri buri Karere hazubakwa ikigo cya TVET cy’ikitegererezo. Bizakorwa mu myaka itanu ni ukuvuga hagati ya 2024 na 2029, igihe cy...
Minisitiri mu Biro bya Minisitiri w’Intebe ushinzwe imirimo y’Inama y’Abaminisitiri, Inès Mpambara yashimiye abagore bo mu Karere ka Kamonyi bagize ubutwari batanga ubuhamya bw’ihohoterwa bakorewe mur...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, yerekana ko ibyo cyohereje hanze hagati y’itariki 05 n’itariki 09, Gicurasi, 2025 ikawa ari yo yaj...
Kuri uyu wa Kabiri nibwo Perezida wa Amerika Donald Trump yageze i Riyadh muri Arabie Saoudite mu ruzinduko rwa mbere akoreye mu Burasirazuba bwo Hagati. Intego ni ukwagura ubucuruzi. Ataragera no ku ...









