Iyi Banki ivuga ko hagati ya Mutarama na Werurwe 2025 yungutse miliyari 5,4 Frw nyuma yo kwishyura imisoro kandi ko inyungu yabonye mu mezi atatu ya mbere ya 2025 yazamutseho 14% ugereranyije n’igihe...
Ngoga Martin wari usanzwe uhagarariye u Rwanda muri Kenya yoherejwe mu Muryango w’Abibumbye guhagararira yo inyungu z’u Rwanda. Yasimbuye Ernest Rwamucyo wahise umusimbura muri izo nshinga...
Ibarura ryakozwe hashingiwe ku banduye Malaria batuye Umujyi wa Kigali byaragaraye ko abantu 10, 399 bo mu Mirenge 15 yo mu Mujyi wa Kigali, basanzwemo Malaria. Minisiteri y’ubuzima iherutse gutangiza...
Minisitiri w’Intebe wa Israel yaraye yanditse kuri X ko Ubwongereza budakwiye kwitiranya kwirwanaho nk’igihugu no gukorera abantu ibya mfura mbi. Minisitiri w’Intebe Sir Keir Starmer uyobora Ubwongere...
Ubutabera bwa gisirikare bwo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwemerewe gutangira gukurikirana Joseph Kabila nyuma y’uko Inteko ishinga amategeko imwambuye ubudahangarwa yabwaga no kuba Senateri...
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha Dr. Thierry B.Murangira yatangaje ko uru rwego rwafunze abagabo batatu b’abanyamahanga kubera ubucuruzi bw’amafaranga butemewe bakoraga. Ni ubucuruzi ba...
Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo yataye muri yombi abantu barindwi bafite aho bahuriye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro barimo na Rtd Major Rugamba Robert ufite ikigo Rugamba Mining Company Ltd...
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ivuga ko yasinyanye amasezerano n’Umuryango w’Abibumbye afite agaciro ka Miliyari $1 azashorwa mu bikorwa byo kubaka ubukungu budaheza mu gihe cy’imyaka itanu igize N...
Olivier Patrick Nduhungirehe ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Guverinoma y’u Rwanda ari i Brussels mu Bubiligi mu nama ihuza abashinzwe ububanyi n’amahanga muri Afurika na bagenzi babo bo mu Burayi. ...
Mu Karere ka Ngoma mu mpera za Gicurasi, 2025 hazabera igikorwa cyo kwibuka imiryango y’Abatutsi yazimye, ni ukuvuga ko nta n’umwe mu bari bayigize warokotse. Tariki 31, Gicurasi, nibwo abarokotse Jen...









