Perezida wa DRC Félix Antoine Tshisekedi yavuze ko igihugu cye gikwiye kwemererwa kujya mu Kanama Ka UN gashinzwe amahoro ku isi kuko ari igihugu gifite ijambo muri Afurika. Arashaka ko igihugu cye ki...
Abantu 8,000 baturutse imihanda yose bahurira kuri Stade ya Ngoma mu Karere ka Ngoma bibuka imiryango y’Abatutsi abari bayigize bose bishwe barashira. Imiryango 15,593 yari igizwe n’abantu...
Guhera Tariki 25, Gicurasi, 2025 Joseph Kabila akomeje guhura n’abavuga rikijyana barimo n’inararibonye z’i Goma. Kuri uyu wa Gatanu yaganiriye n’abasaza bakuru barimo n’abami bane. Abo bami ni Mwami...
Mu rwego rwo kubafasha guhanga cyangwa kuzamura urwego rw’ishoramari ryabo, ikigo Jack Ma Foundation cyatangaje ko ba rwiyemezamirimo bo muri Afurika bagiye guhatanira igihembo cya Miliyoni $1.5, ni u...
Umuherwe wa mbere ku isi Elon Musk yatangaje ko yamaze gusezera mu nshingano za Politiki yari yarahawe zo gushyira ku murongo imikorere myiza ya Guverinoma. Inshingano ze zari izo kureba niba nta bako...
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere rwagaragaje ko umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo utagize ingaruka ku ishoramari mu Rwanda. Umuyobozi Mukuru wa RDB, Jean Guy A...
Umunyakenya uzwi cyane ku isi mu kwandika ibitabo ukomoka muri Kenya Ngũgĩ wa Thiong’o yapfuye. Yari afite imyaka 87 nkuko byemejwe n’umuryango we akaba yazize uburwayi. Kimwe mu bitabo bizwi yanditse...
Nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’ibikorwaremezo, u Rwanda rurateganya kuzubaka uruganda runini rufite ibyuma bikurura imirasire y’izuba rukayibyaza amashanyarazi menshi angana na Megawattt 30. Mu Rw...
Nyuma gukusanya amafaranga Pariki y’Akagera yinjije mu mwaka wa 2024, ubuyobozi bwayo bwasanze ingana na Miliyoni $ 4.7 ni ukuvuga angana na Miliyari Frw 6,7 zisaga… Ayo mafaranga yishyuwe n’abantu 56...
Guhumeka ni ikintu kikora kandi cyangombwa kugira ngo usohore umwuka wanduye wa carbon winjize uwa oxygen ukenewe mu kumera neza kw’amaraso no gutuma izindi ngingo zikora zitekanye. Nihagira umuntu uk...









