Leta y’u Rwanda irateganya ko ingo mbonezamikurire zizongerwa muri buri Kagari, kandi zigahabwa ubushobozi butuma zitanga uburere nk’ubutangirwa mu mashuri y’incuke. Bizakorwa mu rwego rwo kugabanya u...
Ikoresheje ibisasu bya missiles biraswa kure, Iran yarashe i Tel Aviv muri Israel, uyu ukaba umujyi ukomeye w’ubucuruzi na Politiki. Niwo mujyi ukorerwamo n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe ndetse n’ibya...
Perezida Donald Trump yanditse kuri Truth Social ko na mbere y’uko Israel yivugana abayobozi ba Iran igasenya n’uruganda rukora ibisasu bya kirimbuzi, yari yarabinginze ngo bemere gusinya ibikubiye mu...
Minisitiri w’uburezi Dr. Joseph Nsengimana avuga ko Guverinoma ifite gahunda y’uko mu myaka iri imbere umubare w’abana b’incuke bazitabira amashuri abagenewe bazagera kuri 60% bavuye kuri 40% bariho u...
Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye Martin Ngoga yawubwiye ko u Rwanda rukwiye kuba ari rwo rubika inyandiko zose zirebana n’imanza zabakoreye Abatutsi Jenoside baburanishijwe n’icyahoze ari...
Ubwo yamurikiraga Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda uko ingengo y’imari y’uyu mwaka, Minisitiri w’imari n’igenamigambi Yussuf Murangwa yabamenyesheje uko igenamigambi r...
Indege yitwa Flight AI171 yari ihagarutse mu Buhinde yerekeje mu Bwongereza yahiye igihaguruka. Yari irimo abantu 242. Muri bo 169 bari Abahinde, abandi 53 ari Abongereza nk’uko BBC ibyemeza. Harimo k...
Ubushomeri ni kimwe mu bibazo bibangamiye imibereho myiza y’urubyiruko rw’u Rwanda. Umuhati wa Guverinoma wo kurufasha kwihangira imirimo no kubona akazi watanze umusaruro ariko haracyari byinshi bita...
Imibare yatangajwe na Komisiyo y’amatora mu Burundi yitwa CENI yerekana ko ibarura ry’ibyavuye mu matora y’abayobozi ba za Komini z’Uburundi ryerekana ko ishyaka riri ku butegetsi rya CNDD-FDD ari ryo...
Ubwo bajyaga ku bitaro bya Kiziguro gusura umubyeyi wabo wahajyanywe n’ubuyobozi bw’Umurenge ngo avurwe, abana ba Mukandoli Ange babwiwe ko atari buhabwe indi miti kuko iya mbere itishyuwe...









