Umuyobozi wa RDB, Jean-Guy Afrika yabwiye abashoramari bo mu Misiri ko gushora mu Rwanda ntacyo bihombya kuko iki gihugu ari irembo ryagutse ry’isoko ryo mu Karere. Kuri uyu wa Mbere Tariki 22, Nzeri,...
Perezida Félix Tshisekedi yatangaje ko mu itangazamakuru ari ho yamenyeye ko Vital Kamerhe wari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya DRC yeguye. Tshisekedi yavuze ko azakomeza kumufata nk’umuvandimw...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Ambasaderi Olivier Patrick Nduhungirehe yasinyanye amasezerano na mugenzi we wa Hongrie Péter Szijjártó yo gufatanaya mu guteza imbere siporo. Yasinyiwe i New York ah...
Umuvugizi wa Guverinoma ya Afghanistan witwa Zabihullah Mujahid yavuze ko ibyo Donald Trump yanditse kuri Truth Social by’uko Afghanistan igomba gusubiza Amerika ikibuga cy’indege cya Bargam ari inzoz...
Marlen Reusser w’imyaka 34 niwe wegukanye Shampiyona y’Isi mu gusiganwa n’ibihe (Individual Time Trial-ITT), nyuma yo gukoresha iminota 43 n’amasegonda 9 ku ntera y’ibilometero...
Nyuma y’amezi menshi mu Ntara za Uganda habera amajonjora ya nyampinga w’iki gihugu mu mwaka wa 2025/2026, irushanwa rya nyuma ryarangiye Trivia Elle Muhoza ari we ubitorewe. Kuri uyu mwanya yari ahat...
Perezida Paul Kagame na mugenzi we wa Azerbaijan Ilham Aliyev bayoboye igikorwa cyo gusinya amasezerano y’ibihugu byombi mu mikoranire mu burezi, ubuhinzi, serivisi zo mu kirere n’ubucuruzi. Hak...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 16, Nzeri, 2025 i Bujumbura havuzwe amakuru y’Umunyarwanda tutaramenya umwirondoro we, ufunganywe n’umwe muba YouTubers bakomeye i Burundi witwa Dieudonné Niyukuri. SOS Média...
Dr. Bernadette Arakwiye uyobora Minisiteri y’ibidukikije avuga ko hamwe muho u Rwanda rushora ari mu gusukura ikirere cyarwo kugira ngo abarutuye bahumeke umwuka usukuye. Yabwiye abaje kwifatanya n’am...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibarurishamibare, National Institute of Statistics of Rwanda, cyatangaje uko ikinyuranyo hagati y’ibyo u Rwanda rwohereje n’ibyo rwatumije mu mahanga gihagaze mu gihembwe c...









