Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko gahunda Guverinoma ayoboye yafashe mu myaka yatambutse zatumye ubuzima bwa benshi mu Banyarwanda buba bwiza byisumbuyeho. Yemera ariko ko hakiri uruge...
Mu mwaka wa 2018 Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda yatoye umushinga w’itegeko rigena umushaharafatizo. Intego yari iyo gufasha abakozi bahembwa umushahara muto kubona uwabafasha guhangana n’uko ibic...
RIB ibisabwe n’Ubushinjacyaha yafunze Ingabire Victoire Umuhoza kugira ngo akorweho iperereza ku byaha ubushinjacyaha bumukurikiranyeho. Hari nyuma y’icyemezo cy’Urukiko Rukuru mu r...
Urukiko Rukuru rwa Kigali, nyuma yo kumva uko yireguye ubwo rwamubazaga ku byerekeye abantu ubushinjacyaha burega ko baba mu ishyaka rye kandi bakaregwa gushaka guhirika ubutegetsi, rwanzuye ko Ingabi...
Juvénal Marizamunda uyobora Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda n’itsinda ayoboye bari mu bwami bwa Maroc mu ruzinduko rw’iminsi itatu. Ku munsi warwo wa mbere hasinywe amasezerano y’ubufatanye hagati ya K...
Mu mujyi wa Kigali hasanzwe abakozi bakorera ibigo byigenga bakubura imihanda, bakanatunganya ubusitani. Muri uyu Mujyi hazanywe ikamyo ifite ikoranabuhanga rikubura rikanakoropa kaburimbo, ibi bigate...
Umucamanza w’Urukiko Rukuru rwa Kigali yategetse ko Victoire Ingabire arwitaba akabazwa iby’abayoboke bivugwa ko ari ab’ishyaka rye DALFA Umurinzi baregwa gushaka guhirika ubutegetsi hadakoreshe...
Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr. Cyubahiro Bagabe Mark asaba abikorera ku giti cyabo kugira uruhare mu guteza imbere ubuhinzi bwa kijyambere. Yabisabye kuri uyu wa Gatatu Tariki 18, Ka...
Prof.Omar Munyaneza uyobora Ikigo gishinzwe gutanga amazi, isuku n’isukura, WASAC, avuga ko hari ikoranabuhanga rigiye kuzagezwa hiryo no hino rituma umuturage avomera ku ikarita amazi angana n’ayo yi...
*Amerika yahaye Iran amasaha 48 ngo imanike amaboko *Iran ntibikozwa *Putin ashobora kwinjira muri iyi ntambara UBURASIRAZUBA bwo Hagati bwahoze kandi kugeza n’ubu buracyari ahantu hakunze kubera inta...









