Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga yatashye umuyoboro wubatswe mu Murenge wa Ndego mu Karere ka Kayonza uzaba amazi ingo 3,000 . Ni igikorwa ngarukamwaka ingabo z’u Rwanda na ...
Ifaranga rikomeye kurusha andi ku isi ari ryo ‘idolari rya Amerika, $’ rigiye kumara amezi atandatu rihagaze nabi. Ni ibintu abahanga mu bukungu bavuga ko byaherukaga mu mwaka wa 1973 ubwo Amerika yay...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambere, RDB, bwatashye ibikorwaremezo bigenewe abasura Pariki ya Nyungwe ikora ku Turere dutanu rw’Amajyepfo n’Uburengerazuba. Utwo ni Nyaruguru, Nyamagabe...
Minisitiri w’ibikorwaremezo Dr. Jimmy Gasore, ubwo yasobanuraga iby’impinduka ku biciro ku bikomoka kuri Petelori byaraye bitangajwe, yavuze ko impamvu bitangazwa buri mezi abiri ari uko ari cyo gihe ...
Perezida wa Iran Masoud Pezeshkian yatangaje ko igihugu cye gihagaritse imikoranire n’Ikigo mpuzamahanga cy’ingufu nikileyeri gifite icyicaro i Vienne muri Autriche. Byatangarijwe mu itangazo mu Cyong...
RURA yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatatu tariki 02, Nyakanga, 2025, ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli byahindutse, litiro ya lisansi yiyongeraho Frw 170 ni ukuvuga kuva ku Frw 1,633 kugeza ...
U Rwanda rwahawe Miliyoni $ 100 ni ukuvuga arenga Miliyari Frw 144 yo kunoza ubwikorezi bw’abantu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali. Inama y’ubutegetsi ya Banki y’isi niyo yaraye yemeje iby’a...
Mu Bufaransa ibintu birakomeye kuko hari ibice, birimo n’ibituriye Umunara wa Eiffel, ababituye bataka ubushyuhe bukabije. Byatumye gusura umunara uzwi kurusha indi ku isi witwa Eiffel bihagarikwa by...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe iterambere rya Afurika, UN Economic Commission for Africa (ECA), Umunyarwanda Ambasaderi Claver Gatete yabwiye amahanga ko ak...
Abakobwa 120,635 n’abahungu 100,205 bari gukora ibizamini bya Leta bibavana mu mashuri abanza binjira muyisumbuye. Bose hamwe ni abantu 220,000, barimo abanyeshuri 642 bafite ubumuga. Barahatanira gut...









