Byatangiye Tariki 08, Nyakanga, mu nama ikomeye y’umutekano ubwo havukaga impaka hagati ya General Tshiwewe na Lieutenant General Jean-Claude Yav zazamuye umujinya ukomeye hagati yabo. Hari saa ...
Rishi Sunak wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza yahawe inshingano zo kuba Umujyanama mu bukungu bw’ibihugu by’isi muri Banki ikomeye muri Amerika yitwa Goldman Sachs....
Umuhanzi Mike Kayihura avuga ko impamvu yari amaze igihe adasohora indirimbo ari uko hari amasezerano yari yarasinye atabanje kuyasesengura neza, bituma amuzitira mu gusohora indirimbo uko abishatse. ...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Patrick Nduhungirehe yavuze ko hari amakuru yizewe y’uko hari abacanshuro Repubulika ya Demukarasi ya Congo yakuye muri Colombia ngo baze bayif...
Mu Mudugudu wa Ruvumera, Akagari ka Gahogo, Umurenge wa Nyamabuye muri Muhanga hari umugore wakoze uburaya kubera kubura uko agira, abibyariramo umwana ariko anabyanduriramo SIDA. Ubumuga yabikuyemo k...
Nyuma yo gusobanurirwa akamaro ko gushora mu gihugu cyarwo, urubyiruko rw’Abanyarwanda ruba mu mahanga rwahisemo gushora mu mishinga imwe n’imwe yo kuzamura imibereho y’abaturage. Hashize hafi imyaka ...
Komiseri Mukuru w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro Ronald Niwenshuti avuga ko aho bigeze ubu, imisoro iva mu baturage igira uruhare rwa 52.9% mu mafaranga yose agize Ingengo y’Imari y̵...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 09, Nyakanga, 2025 mu Rwanda hazakorwa ibizamini birangiza amasomo y’icyiciro rusange n’ibirangiza amashuri yisumbuye muri rusange. Imibare y’abana bazabikora igaragaza ko bi...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brigadier General Ronald Rwivanga asaba urubyiruko kuzibukira imyitwarire igayitse irusiga icyasha, ahubwo rukimakaza Ndi Umunyarwanda, rukamenya guhanga udushya no kugir...
Leta zunze ubumwe z’Amerika cyane cyane imwe muri 50 ziyigize yitwa Texas iri mu gahinda nyuma yo gupfusha abantu 81 abandi 41 bakaba baraburiwe irengero kubera umwuzure uherutse kwibasira iyi ntara i...









