Nyuma y’uko muri N’Djamena umurwa mukuru wa Tchad havuzwe coup d’état, ubu ibintu bikaba byasubiye mu buryo, biravugwa ko uwari uhagarariye ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi witwa Yaya Dillo yaburiw...
Zimwe mu nama Banki y’isi yaraye ihaye Guverinomaa y’u Rwanda nyuma yo gutangaza raporo ku miterere y’ubukungu bwarwo, zivuga ko ikwiye kureka ishoramari ryinshi rigakorwa n’abikorera ku giti cyabo. N...
Guhera kuri uyu wa Gatanu taliki 01, Werurwe, 2024; ingabo z’u Rwanda na Polisi yarwo baratangiza “ukwezi” kwahariwe ibikorwa byo guteza imbere abaturage. Ni igikorwa cyo gutegura kwizihiza imyaka 30 ...
Amakuru agikusanywa aravuga ko N’Djamena mu Murwa mukuru wa Tchad humvikanye amasasu bikaba bikekwa ko hari abantu bashakaga guhirika ubutegetsi. Bivugwa ko Perezida Mahamat Idriss Deby nawe yaba asha...
Nk’uko byemejwe n’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kabiri taliki 27, Gashyantare, 2024, guhera mu gihe gito kiri imbere, umuguzi uzajya waka kandi agahabwa fagitire ku nyongeragaciro azajya...
Ambasaderi wa Ukraine mu Rwanda yahaye ikiganiro Taarifa ku byo igihugu cye giteganya gukorana n’u Rwanda ndetse n’uko kibona ibintu bizagenda ubwo intambara kirwana n’Uburusiya izaba yarangiye. Soma ...
Hari abaturage bo mu Mirenge itandukanye ya Muhanga bavuga ko uburyo WASAC isaranganyamo amazi budakwiye. Ababivuga ni abo mu Mirenge ya Nyamabuye, Shyogwe, Muhanga na Cyeza. Bavuga ko bamwe muri bo b...
Nyuma y’amasaha atatu y’ibiganiro hagati ye na mugenzi we uyobora Angola, Perezida Felix Tshisekedi yaje kwemera guhura na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame bakaganira kubyo igihugu cye kimaze igihe gi...
Inama y’Abaminisitiri yaraye iteranye kuri uyu wa Kabiri taliki 27, Gashyantare, 2024 yanzuye ko General Patrick Nyamvumba aba Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania. Fatou Harerimana wahatangiye imirimo...
Urugaga nyarwanda rw’amakoperative ahinga umuceri FUCORIRWA( Fédération des Unions de Coopératives Rizicoles au Rwanda) rwahurije hamwe abayayobora kugira ngo ruhembe abitwaye neza. Iyo mu Murenge wa ...









