Nyuma y’uko Perezida wa Angola ahuye na Tshisekedi ndetse na Kagame mu bihe bitandukanye, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Angola yatangaje ko mu gihe kiri imbere Perezida Paul Kagame w’u Rwanda az...
Inama Njyanama y’Akarere ka Rusizi yandikiye umuyobozi wako Dr. Anicet Kibiriga imusaba ibisobanuro mu nyandiko ku magambo ari mu ibaruwa ubwe yandikiye IBUKA yo muri aka karere igaragaramo amag...
Uwo ni Emile Ndagijimana usanzwe ari umutoza akaba n’umukinnyi w’umukino njyarugamba wa Kung-Fu waraye wegukanye igikombe mu marushanwa yari amaze iminsi abera muri Maroc. Igikombe yatwaye ni icyakini...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyatangaje ko imibare cyakoze ku izamuka ry’ubukungu bw’u Rwanda yerekana ko mu gihembwe cya gatatu cy’umwaka w’ingengo y’imari ryageze ku 8.2%. Nk’uko bimaze igih...
Perezida Kagame yageze muri Angola mu ruzinduko rw’akazi nk’uko Ibiro bye byabitangarije kuri X. Arakirwa na mugenzi we João Lourenço baganire ku bibazo birimo n’ikibazo cy’umutekano muke mu Burasiraz...
Uwo mwana yitwa Gani Decklan Ngamije hakaba hari hashize amasaha 15 bamushakisha nyuma y’uko ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye ifoto ye atabarizwa. Amakuru avuga ko uyu mwana yabuze ubwo yari y...
Ubuyobozi bw’iyi Kaminuza bwatangaje ko igiye gutangiza amasomo yo gukora inkingo mu masomo azigwa ku rwego rwa Kaminuza rwa Masters. Abahanga bavuga ko iyo gahunda izafasha Abanyarwanda n’...
Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr. Ildephonse Musafiri yatangaje ko Guverinoma igiye guhagurukira abadahinga ubutaka bwabo. Avuga ko bidindiza umusaruro w’ubuhinzi, akungamo ko abatazabuhinga muri i...
Ubuyobozi bw’ikigo Asia-Africa Logistics gitanga serivisi zo kwikorera ibicuruzwa mu makontineri bizanwa muri Afurika bwijeje Abanyarwanda ko ibicuruzwa byabo bitazongera kurenza iminsi 40 bigeze i Mo...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 09 Werurwe 2024, Nibwo ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe ibitego 2:0 na APR FC kuri Kigali Pele Stadium mu mukino w’umunsi wa 24 wa shampiyona y’icyiciro cya ...









