Uwo mugore w’imyaka 34 y’amavuko yitwaga Niyokwiringirwa Sifa akaba yari atuye mu Mudugudu wa Gabiro, Akagari ka Buhaza, Umurenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu. Abo bazukuru ba Shitani bamuteye icyum...
Perezida Paul Kagame avuga ko azashyigikira kandidatire ya Raila Odinga ushaka kuzayobora Komisiyo y’Ubumwe bw’Afurika mu mwaka wa 2025 ubwo manda ya Moussa Faki Mahamat izaba irangiye. Odinga yari ah...
Guhera mu ntangiriro z’iki Cyumweru, M23 iri gufata ibice bitandukanye by’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru itarwanye kubera ko abasirikare ba DRC bari kuyibererekera. Ibice imaze gufata birimo agace k’ab...
Raporo ya RGB igaragaza ko mu bushakashatsi iki kigo cyakoze, cyasanze Akarere ka Ngororero ari ko katagira umuco w’isuku kurusha utundi mu Rwanda. Akahize utundi mu kugira isuku n’umucyo ni Akarere k...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu taliki 13, Werurwe, 2024, Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya ku ngendo hirya no hino mu Rwanda. Ni ibiciro bamwe bavuga ko biremereye kubera ko ...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr. Vincent Biruta na mugenzi we wa Tanzania witwa January Yusuf Makamba baraye bagiranye ibiganiro byavugiwemo ko hari umupaka wundi uhuza ibihugu byombi u...
Igitutu cy’abarwanyi bo muri Haïti cyasabaga Minisitiri w’Intebe Ariel Henry kwegura cyageze ku ntego kuko yamaze gutangaza ko yeguye. Ni nyuma y’uko yari amaze iminsi ataba mu gihugu kubera kwanga ko...
January Yusuf Makamba ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Tanzania ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi yatangiye kuri mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri. Akigera mu Rwanda yasuye Urwibutso rwa Jenoside r...
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore yatangaje ko amafaranga Guverinoma yashyiraga mu bikorwa byo gutwara abantu mu gihugu mu rwego rwa ‘Nkunganire’ yavanyweho. Ni icyemezo cyari ...
Minisiteri y’uburezi ivuga ko gahunda yo kugaburira abana ku ishuri yagize umusaruro ugaragara cyane cyane mu gutuma abana bagana ishuri kandi bakarigumamo. Ibi byagize uruhare mu kuzamura ireme ry’ub...









