Umubare munini w’abatuye isi ni abakene. Kubona icyo barya gihagije kandi bakakibona inshuro eshatu ku munsi nk’uko bisabwa n’abize iby’imirire ni ingorabahazi kuri benshi. Si ibyo kurya gusa bibura a...
Ku bufatanye bwa Minisiteri y’Uburezi n’iy’Ikoranabuhanga na Inovasiyo [MINICT] hamwe n’ikigo cy’u Budage cy’Iterambere, GIZ, hatangijwe gahunda yo gukoresha robo mu mashuri uhereye mu mashuri abanza...
Mu Murenge wa Kigabiro habereye impanuka y’abantu batandatu baguye mu kirombe ariko batatu bakurwamo ari bazima mu gihe hari abandi batatu bahezemo. Amakuru kugeza ubu avuga ko abo batatu basigayemo b...
Uwari Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Rusizi akaba ari yari n’Umuyobozi w’ikigo RICA amakuru aravuga ko yanditse yegura ku buyobozi bwa Njyanama. Avuye kuri ubu buyobozi nyuma y’uko Minisitiri ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro, RRA, cyahuye n’abacuruzi batumije umuceri muri Tanzania umwinshi upimwe basanga bwarapfuye. Hari hinjiye amakamyo 26, ariko atatu yonyine niyo yagaragaye ...
Kubera ko amenyo y’umuntu ari urugingo rw’ingenzi mu gutuma igogora rishoboka, abahanga mu ndwara ziyafata basaba ababyeyi gutoza abana kuyoza kuva agitangira kumera. Icyakora bivugwa ko umwana ufite ...
Umwe mu bagore bakize kurusha abandi ku isi kandi ukunzwe cyane kubera ibiganiro akora witwa Oprah Winfrey yabwiye abakunzi be ko ateganya kuzasura u Rwanda mu minsi iri imbere. Yabibwiye umunyamakuru...
Al-Shabaab yagabye igitero kuri Hoteli yitwa Syl iri mu murwa mukuru wa Somalia, Mogadishu hafi y’Ibiro bya Perezida mu murwa mukuru. Ababibonye babwiye Reuters ko mu gitondo bagiye kumva bumva urusak...
Ubwo yakiraga indahiro z’abayobozi bashya baherutse guhabwa inshingano snhya, Perezida Kagame yongeye kwibutsa abayobozi muri rusange ko gukorera hamwe ari byo bigeza abaturage ku mibereho myiza. Iri ...
Rayon yatanze ikirego mu Rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) irega ikigo cyahawe isoko ryo gucuruza amatike ku mikino yakinwe muri Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda igishinja kwinjiza abafa...









