Mu kiganiro n’ abayobozi bakuru bari bamaze iminsi ibiri mu mwiherero, Perezida Paul Kagame yavuze ko kugira ngo bagere ku byo biyemeje ari ngombwa ko bagira imbaraga zo gukora ibikwiye kandi ba...
Banki Nkuru y’u Rwanda ibinyujije kuri X yatangaje ko ikigo cyitwa Super Free to Trade Ltd (STT) kidafite uburenganzira bwo gutanga serivisi z’imari n’ubucuruzi bw’amafaranga ku isoko ry’u Rwanda. Yab...
Amakuru aravuga ko hari abimukira 100 bamaze gutoranywa n’abayobozi b’Ubwongereza bategerejwe mu Rwanda muri Mata, 2024 mu gihe nta gihindutse. Ni ibyatangajwe n’urubuga rusanzwe rutangaza ku Rwanda i...
Mu mezi atanu ari imbere mu Rwanda hazabera imurikabikorwa ry’ibikoresho n’ikoranabuhanga mu buhinzi ryateguwe n’abanya Lebanon. Ni imurikabikorwa MINAGRI ivuga ko rizagirira akamaro abakora uyu mwug...
Ubushinjacyaha bwasabiye umunyamakuru Jean Paul Nkundineza gufungwa imyaka icumi akazanatanga ihazabu ya miliyoni Frw 5. Bumurega gukwirakwiza ibihuha no guhohotera utanga amakuru ku byaha. Ubwo yabur...
Mu biganiro abakora ubushakashatsi ku mateka y’u Rwanda baraye bagiranye na Sena, haganiriwe ko n’ubwo ubushobozi n’ubumenyi ku bushakashatsi bihari ku rwego runini, ikibazo kikibangamiye ...
Dr. Corneille Ntihabose wo muri Minisiteri y’ubuzima avuga ko muri iki gihe hari 5% by’amavuriro y’ibanze, postes de santé, zidakora [neza] kubera impamvu zitandukanye. Ndetse ngo muri rusange icyizer...
Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwemeje ko Joseph Harerimana wari ukurikiranyweho kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya wamamaye nka Apôtre Yongwe ahanishwa igifungo cy’umwaka umwe usubitse n’...
Dr. Anita Asiimwe ukora mu Kigo MSH, akaba ashinzwe umushinga wiswe Ireme avuga ko hari impinduka mu bitabira kwiga umwuga wo kubyaza n’ubuforomo kuko abenshi mu biyandikisha ngo bige aya masomo biga...
Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ko rwatengushywe n’ikoranabuhanga rwarimo rutegura mu gufasha abagenzi kwishyura ingendo bishingiye ku ntera bakoze. Mu kiganiro Waramutse Rwanda cyo kuri R...








