Inyambo zirenga 100 zahuriye mu Karere ka Nyaza ahitwa ku Rwesero ngo zimurikirwe abashyitsi. Inyambo ni ubwoko bw’inka z’indobanure zahoze ari iz’i bwami. Ni inka z’amahembe maremare kandi abyibushye...
Ngabo Karegeya uyobora ikigo Ibere rya Bigogwe Tourism Company Ltd (IBTC) yabwiye Taarifa ko mu mishinga iki kigo gifite harimo no kubaka ikigo ndangamurage cy’amateka y’inka mu Rwanda. Karegeya ni um...
Abantu 60 nibo bamaze kubarurwa ko bishwe n’amasasu yarashwe n’abo muri Islamic State babasanze bari mu kabyiniro. Abandi bagera mu 100 bakomeretse ndetse barimo n’abakomeretse cyane ku buryo umubare ...
Mu kiganiro yahaye abakobwa b’Inkubito z’Icyeza, Madamu Jeannette Kagame yababwiye ko badakwiye kurebera ibibi bikorerwa aho baba ahubwo bagaharanira kubirwanya no kuba imbarutso y’impinduka bifuza mu...
Mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Nyamagabe haravugwa nkongwa yibasiye ibinyampeke birimo ibigori n’amasaka. Aba baturage batakambiye itangazamakuru ko niba ntacyo RAB ikoze ngo ibatabare bashobora ...
Komiseri Mukuru w’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) n’abo bakorana guhera kuri uyu wa 21 Werurwe 2024 batangije igikorwa cy’iminsi ibiri cyo kwegera abasora bakaganira ku bibazo bahura naby...
I Luanda muri Angola hateraniye Inama mpuzamahanga yahuje u Rwanda, Angola na DRC ngo baganire ku ikemurwa cy’umutekano muke muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Ni inama ibaye nyuma y’uko Abakuru ...
Mu itangazo ryaraye risohowe n’Ibiro by’Umukuru w’igihugu wa Uganda rigatangazwa mu kinyamakurU cya Leta kitwa UBC harimo ko Gen Muhoozi Kainerugaba( ni umuhungu wa Perezida Museveni) ari mugaba mukur...
Inzego z’ubugenzacyaha z’Amerika zaraye zifashe Eric Nshimiye zimurikiranyeho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Uyu mugabo arashinjwa guhimba amakuru amwerekeyeho, agashinjwa kubangamira ubuta...
Guverineri wa Banki nkuru y’u Rwanda John Rwangombwa avuga ko urwego ayobora rwashyizeho gahunda yo guhuriza hamwe Umurenge SACCO ukava ku rwego rw’umurenge ukagukira ku rwego rw’Akarere. Avuga ko SAC...









