Abantu 30 bashinzwe ibikorwa bya gisirikare muri za Ambasade zikorera mu Rwanda baganirijwe n’abayobozi mu ngabo z’u Rwanda uko ruhagaze mu by’umutekano haba imbere mu gihugu n’ahandi abasirikare n’ab...
Umunyarwandakazi ushinzwe Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo Musoni Paula Ingabire yashyizwe ku rutonde rw’abantu 100 bafite munsi y’imyaka 40 bavuga rikijyana. Abandi Banyarwanda baruriho ni A...
Ubuyobozi bwa BPR Bank Plc bwemeza ko ibaruramari ryo mu mwaka wa 2023 ryagaragaje ko iyi Banki yinjije inyungu ya Miliyari Frw 37.9, aya akaba ari amafaranga yinjijwe mbere yo gukuramo imisoro. Mu ...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana asaba Abanyarwanda kugira ibyo bagabanya mu biribwa, ibinyobwa ndetse no mu myitwarire kugira ngo barusheho kugira ubuzima bwiza. Guverinoma y’u Rwanda yari ...
Mu butumwa yatanze nyuma y’uko bimaze kwemeza bidasubirwaho ko Diomaye Faye ari we watorewe kuyobora Senegal, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yamwijeje imikoranire irambye. Kagame yabwiye Faye ko ibih...
Mu kiganiro cye na Jeune Afrique Perezida Kagame yabajijwe icyo avuga kuri za raporo za Human Rights Watch zivuga ko atihanganira atavuga rumwe n’ubutegetsi, asubiza ko ibyo atari ukuri. Abanditsi ba ...
Mu Mujyi wa Kigali hari kubera inama mpuzamahanga yahuje abakora ubuhinzi mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere kugira ngo bigire hamwe uko uru rwego rw’ubukungu rwarushaho kubyazwa amafaranga. Kuge...
Muri Leta ya Utah muri Amerika habereye umuhango wo kwizihiza ukwezi kwahariwe umugore muri rusange n’Umunyarwandakazi by’umwihariko. Abanyarwandakazi bo muri iyo Leta bizihije uyu munsi bambaye kinya...
Bassirou Diomaye Faye niwe weemejwe ko yatsinze amatora y’Umukuru wa Senegal mu buryo bweruye. Uwo bari bahanganye witwa Amadou Ba yahise amushimira ku ntsinzi ye. Asimbuye Macky Sall wari umaze imyak...
Komiseri Mukuru w’Ikigo cy’Imisoro na Mahoro , RRA, Pascal Ruganintwali yatangaje ko abantu 50,000 babereyemo umwenda ikigo ayobora. Abenshi bageze mu rwego rwo gufatirwa ibihano kubera ubukerwe n’iny...









