Ababyeyi bo mu Murenge wa Kirimbi mu Karere ka Nyamasheke barakekwaho kuboha umwana wabo w’imyaka 12 bakamuta mu bwiherero. Ku bw’amahirwe, abaturanyi bamukuyemo ari muzima. Umugabo yahise aburirwa ir...
Tomsk University ni Kaminuza yo mu Burusiya yasinyanye amasezerano n’Ikigo nyarwanda gishinzwe ingufu za kirimbuzi, Rwanda Atomic Energy Board ngo izagifashe muri byinshi birimo n’ubushakashatsi mu by...
Iby’iyi karita byavuzwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Urwego rw’abanyamakuru bigenzura (RMC), Emmanuel Mugisha mu kiganiro yaraye ahaye abanyamakuru n’abandi bayobozi bo mu Ntara y’Amajyepfo...
Bisi yakoze impanuka ihanuka hejuru y’ikiraro ihita ishya abantu 45 barapfa ariko abatabazi barokora umwana w’imyaka umunani. Byabereye mu Majyaruguru y’Intara ya Limpopo nk’uko byatangajwe n’ubuyoboz...
Ababyeyi bafite abana bagira ikibazo cya Autisme barasaba Guverinoma y’u Rwanda gutekereza uko nabo bashyirirwaho uburyo bwo kubunganira mu kuvuzwa no kwitabwaho mu bundi buryo bwihariye. Ni uburyo bw...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe y’ubuzima RBC gishimira urwego ababyeyi bitabiraho gukingiza abana ariko kikabasaba kubyongeramo umurego. Imibare yerekana ko gukingira abana bikorwa neza hirya ...
Umukuru w’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) witwa Bintu Keita avuga ko M23 ikomeje “gutera intambwe cyane no kwagura ubutaka ...
Ubuyobozi bwa RSSB buvuga ko mu gihe kiri imbere bugiye gutangiza uburyo bwo kumenyesha umukozi ko atazigamiwe bityo ahaguruke abiharanire. Ni mu rwego rwo gufasha n’abakoresha ahari icyuho mu micungi...
Raporo zitandukanye zakozwe n’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta mu bihe bitandukanye zigaragaza ko hari amafaranga abarirwa muri za miliyoni nyinshi za Leta bikekwako zanyerejwe mu mayeri menshi. Rapo...
Ibi ni ibyagarutsweho n’abakora mu rwego rw’ubutabera mu Rwanda bari bamaze amezi atatu bahugurirwa ku kamaro k’ubuhuza n’uburyo bwakorwa kinyamwuga. Ayo mahugurwa yahuje abakora mu buganzacyaha, abas...









