Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibyoherezwa hanze bikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, kivuga ko mu mwaka wa 2022/2023, inyama u Rwanda rwohereje yo zikubye kabiri mu bwinshi ugereranyije n’uko byahoze mu...
Nyuma yo kwitabira umuhango wo kurahira wa Bassirou Diomaye Faye, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yamugejejeho ubutumwa bwihariye yagenewe na mugenzi we uyobora u Rwanda, Paul Kagame. Ni ubut...
Urwego rw’Ubugenzacyaha rwafashe bamwe mu basore bakurikiranyweho gushikuza abantu amasakoshi. Bafatiwe mu bikorwa bitandukanye byo kubahiga byabereye hirya no hino mu Rwanda. Abagize ako gatsiko bavu...
Umunya- Tunisia witwa Dr Adel Zrane wari umutoza wongerera ingufu abakinnyi ba APR FC yitabye Imana yaguye iwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 2 Mata 2024. Iby’urupfu rwe rwabitswe n’abari bagiye kumu...
Ikinyamakuru Echo d’Afrique cyatangaje ko Me Stanislas Mbonampeka w’imyaka 82 wabaye Minisitiri w’ubutabera muri Leta yateguye ikanashyira mu bikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 yafati...
Abayoboke b’ishyaka rya CNL rya Agathon Rwasa biravugwa ko bari guhungira muri Tanzania ku bwinshi. Iri shyaka riri mu yandi atavuga rumwe ritavuga n’ubutegetsi bwa Perezida Ndayishimiye mu Burundi. A...
Mu Karere ka Rusizi haravugwa iyegura ry’abayobozi barimo na Visi Meya ushinzwe ubukungu witwa Munyemanzi Louis Ndagijimana. Yeguye hashize igihe gito Perezida wa Njyanama Béatrice Uwumukiza. Amakuru ...
Mu Murenge wa Busasamana hari umugore wameze ubwanwa bwinshi ndetse bwajemo imvi kuko akuze none aratabaza kubera ihohoterwa akorerwa na benshi mu bamubona ahise. Asanganywe umugabo n’abana batatu. Ya...
Imvugo y’uko umwana ari nk’igiti kigororwa kikiri gito ifite uburemere haba mu kumutoza imico myiza haba no mu kumurinda indyo mbi imugwingiza kuko iyo agwingiye mu myaka ibiri ya mbere, kubimuvura bi...
Iki ni ikibazo Perezida Kagame yabajijwe mu kiganiro yahaye itangazamakuru kuri uyu wa Mbere taliki 01, Mata, 2024. Kagame avuga ko umusimbura azaboneka byanze bikunze kandi ko agomba kuzaba umuntu uh...









