Asubiza abavuga ko Kagame atajya aseka, ahora agaragara nabi, Perezida Kagame avuga ko muri iki gihe ahubwo yishima agaseka kuko muri iki gihe hari ibishimishije byatuma umuntu useka. Avuga ko muri ik...
Perezida Kagame yavuze ko mu mwaka wa 2015 hari ibaruwa yandikiye ubutegetsi bw’Amerika abusaba ko indi minsi y’umwaka bwazajya buvuga ibyo u Rwanda rudakora neza ariko ku italiki 07, Mata, buri kwezi...
Muri Kigali Convention Center, Perezida Kagame agiye kuhakorera ikiganiro n’itangazamakuru ryo mu Rwanda ndetse n’irikora ku rwego mpuzamahanga. Ni ikiganiro kiri bugaruke ku byaranze kwibuka Jenoside...
Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatangaje ko yaganiriye na mugenzi we uyobora u Rwanda ku byakorwa ngo umubano hagati y’igihugu cye n’u Rwanda wongere kuba mwiza. Avuga ko baganiriye ku ngin...
Kuri iki Cyumweru abantu barohamye mu bwato bwaganaga ku kirwa cya Nampula muri Mozambique, abagera kuri 90 bahasiga ubuzima. Amakuru avuga ko intandaro y’iyi mpanuka ari uburemere bukabije bw’abantu...
Minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo yatangaje ko kuri uyu wa Mbere taliki 08, Mata, 2024 ari umunsi w’ikiruhuko ku bakozi ba Leta n’abikorera. Ni umunsi ukurikiye uwo kuri i...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame avuga ko nyuma y’ibyabaye ku Banyarwanda byose Abanyarwanda basanze nta kindi cyakurikiraho kitari ubumwe kugira ngo bube ari bwo ibindi byubakirwaho. Avuga ko nyuma ya ...
Mu kigo kitiriwe Yitzak Rabin kiri i Tel Aviv muri Israel habereye umuhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi. Umwe mu bitabiriye iki gikorwa ni Ambasaderi Ron Adam wahoze ahagarariye igihugu cye ...
Bimwe mu bikubiye mu masezerano Ubufaransa bwaraye businyanye n’u Rwanda ni uko iki gihugu kizarutera inkunga ya Miliyoni € 400 yo kuzafasha mu iterambere ry’u Rwanda hagati y’umwaka wa 2024 n’umwaka ...
Ku rwibutso rwa Kigali ruri mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo habereye icanwa ry’urumuri rutazima rugamije gukomeza kuzirikana Abatutsi bazize Jenoside yabakorewe mu mwaka wa 1994 mu gihe cy’im...









