Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa, Rwanda FDA, cyatangaje ko gikuye ku isoko umuti wahabwaga abana witwa Benylin Pediatrics Syrup ufite umubare uwuranga wa 329304. Ni umuti u...
Umuhanzi ukora indirimbo zihimbaza Imana witwa Gaby Kamanzi avuga ko kuba u Rwanda rwarubatswe rukaba rugeze aho ruri ari ukuboko kw’Imana rubikesha. Avuga ko Imana ikunda u Rwanda kandi ko igihe cyos...
Abaturage bo mu Kagari ka Nyamure mu Murenge wa Muyira mu Karere ka Nyanza( ni ahitwa mu Mayaga) bashobewe nyuma kubazwa iby’ibendera ry’igihugu ryari rimanitswe ku Biro by’aka Kagari ryibwe. Kugeza ...
Mu mijyi minini ya Israel hari ubwoba bw’uko Iran iri bugabe ibitero kuri Israel. Amerika nk’inshuti ya Israel ivuga ko amakuru y’iki gitero ari impamo kandi byatumye isaba abaturage...
Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwakatiye Munyenyezi Beatrice gufungwa burundu nyuma yo kumuhamya ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu cyari Butare. Munyenyezi, wari umukazana wa Paulin...
Ubuyobozi bw’Ubwongereza bwatangaje ko indabo zituruka mu Muryango w’Afurika y’Uburasirazuba zizajya zigurishwa ku isoko ryabwo nta kiguzi ziciwe, bikazakorwa niyo iyo ndabo zaba zagezeyo zibanje guca...
Mu mataliki ya nyuma ya Mata, 2024 ni ukuvuga taliki 28 na 29, i Nairobi muri Kenya hazabera inama izahuza abayobozi ba Banki y’Isi n’ab’ibihugu by’Afurika bihabwa inguzanyo n’iyi Banki. Amakuru avuga...
Taliki 11, Mata, 1994 Abatutsi bahoze batuye muri Kicukiro basizwe n’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zari zaraje kugarura amahoro mu Rwanda bituma Interahamwe zibica rubi. Ni kimwe mu binegu uyu muryan...
Gen. Gervais Ndirakobuca ubu niwe uyobora Minisiteri y’Intebe y’Uburundi. Icyakora mu myaka myinshi ishize yigeze kujya mu idosiye y’uko hari intwaro zari zigenewe ingabo z’igihugu cye yayobeje aziha ...
Bimwe mu byakurikiye impinduka ziherutse gutangazwa mu miterere n’imitegekere ya Kaminuza yu Rwanda ni uko bamwe mu barimu bayo batangiye kwimuka ngo begere aho amashami azatangira gukorera. Bari kuva...









