Abashoramari bakora mu by’ubucukuzi bw”amabuye y’agaciro bagiye guhabwa amasoko yo gucukura mu buryo bwemewe n’amategeko ibirombe 43 byo mu Ntara y’Amajyepfo. Ibyo biromb...
Intambara ikomeje gututumba hagati ya Iran na Israel yatumye abacukura essence bagira amakenga y’uko isoko ryayo ryabura batangira kuyibika none yazamuye ibiciro ku isoko mpuzamahanga. Si essenc...
Mukabunani Christine umwe mu badepite mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda yabajije Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente niba nta buryo abana b’abahanga mu ikoranabuhanga bakora ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye abwiye Inteko Rusange y’Abadepite n’Abasenateri uko uburezi mu Rwanda bwateye imbere. Yavuze ko muri rusange bwateye imbere n’ubwo hari ibitaranoga. Mur...
Uwitonze Yvonne wo mu Mudugudu wa Gitwa, Akagari ka Mataba, Umurenge wa Rubengera avuga ko abajyanama b’ubuzima bagira uruhare rushimwa na benshi mu kuvura abana n’abandi bakunze kwandura Malaria. Uy...
Umuyobozi w’ingabo za UN muri Sudani y’Epfo zitwa The United Nations Mission in South Sudan (UNMISS), Lt Gen Mohan Subramanian yasuye icyicaro cy’ingabo z’u Rwanda ziri muri ik...
Mu Kagari ka Mubuga, Umurenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga hari abaturage bataka ko ubuyobozi bwabategetse kurandura ibishyimbo kugira ngo aho byari biteye hashyirwe Stade. Meya avuga ko kubaka sta...
Muri Kamena, 2024 mu Karere ka Huye hateganyijwe kuzabera isiganwa mpuamahanga ry’umukino wo gutwara imodoka. Biteganyijwe ko uzaba hagati y’itailiki 14 na 16, Kamena, 2024. Ibyo byatangarijwe mu Nama...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buributsa Abanyarwanda ko nta muntu wemerewe kwanduza umuhanda. Ni ubutumwa bureba abantu ku giti cyabo, abafite ibikorwa by’ubwubatsi aho imodoka ziva cyangw...
Abafatangabikorwa b’ibitaro bya Faysal bakoreshejwe inama berekwa igishushanyo mbonera cy’uko bizagurwa. Nibyuzura bizaba byikubye kane mu buso byari bisanganywe ndetse no mu bushobozi. Bi...









