Umuryango IBUKA urengera inyungu z’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi wasohoye ibaruwa ndende usaba Leta zunze ubumwe z’Amerika binyuze ku Munyamabanga wayo ushinzwe ububanyi m’amahanga...
Banki y’Isi yasohoye icyegeranyo ku bumenyi n’ubushobozi abaturage bafite ngo batange umusaruro ku isoko ry’akazi hagendewe ku mashuri bize. Bikubiye mu cyegeranyo kiswe Human Capital Index kigaragaza...
Thapelo Tsheole wari usanzwe ari umuyobozi mukuru w’ikigo cya Botswana gishinzwe imari n’imigabane yahawe uyobora ikigo gikora iyo mirimo mu Rwanda kitwa Capital Market Authority, CMA. Mu minsi 30 nib...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko umuhati wo kurandura malaria mu Rwanda ukomwa mu nkokora n’uko hari imibu iva hakurya mu bihugu bituriye u Rwanda ikanduza abaturage. Yabivugiye mu ...
Uwakwemeza ko intambara y’Uburusiya na Ukraine igiye gufata indi sura, akabishingira ku ngingo y’uko Inteko ishinga amategeko y’Amerika yaraye yemereye Ukraine miliyari $ 61 (£49bn) yo gukoresha...
Biri mu mushinga wa Minisiteri y’imari n’igenamigambi, ukaba umaze igihe ugejejwe mu Nteko ishinga amategeko uzanywe n’iyo Minisiteri. Intego ni ukuzamura umusaruro uva muri ubu bucukuzi buherut...
Umuvugizi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano mu muhanda Superintendent of Police(SP) Emmanuel Kayigi avuga ko mu gihe kiri imbere Polisi igiye gutangira guhana abantu bafite ibinyabizi...
Perezida Paul Kagame avuga ko abayobozi batagomba kumva ko ari bo ntangiriro bakaba n’iherezo ry’ibintu byose bibera mu bihugu byabo. Abo bayobozi bumva ko iyo bamerewe neza n’abandi biba ari uko. Icy...
Raporo ya Banki y’Isi iheruka gusohoka yashimye ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu bizamura ubukungu ku kigero kiza ku buryo ubu buhagaze kuri 7.2%. Ikindi ni uko umusaruro mbumbe warwo nawo wazamutse ku...
Guverinoma y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bayo bamaze igihe baha abaturage inzitiramubu. Bamwe muri bo ni abanyeshuri biga baba mu bigo. Abo muri Saint Joseph i Kabgayi bavuga ko kurara neza mu nzitir...









