Perezida w’Urukiko rw’Ubujurire François Régis Rukundakuvuga avuga ko mu bihe biri imbere, ubuhamya bw’abarokotse Jenoside bwazajya bwuzuzwa n’ubw’abayigizemo uruhare cyangwa abandi babibonaga. Ku run...
Muri Kaminuza zitandukanye zirimo n’izikomeye zo muri Amerika guhera mu ntangiriro z’iki Cyumweru hatangiye imyigaragambyo y’abanyeshuri bamagana intambara Israel iri kurwana muri Gaza. Bamwe baravug...
Umwe muri batatu bari baheze mu kirombe cyo mu Murenge wa Rukoma mu Karere ka Kamonyi witwa Evariste Bucyanayandi yakuwemo agihumeka ariko aza kugwa ku bitaro bya Rukoma. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mb...
Gen Muganga Mubarakh uyobora ingabo z’u Rwanda yajyanye n’itsinda ry’abasirikare bakuru kuganira n’ubuyobozi bukuru bw’ingabo z’ubwami bwa Jordan. Akigera yo yakiri...
Abagabo batatu bacukuraga amabuye y’agaciro mu Mudugudu wa Murambi, Umurenge wa Rukoma, baheze mu Kirombe, hiyambazwa imashini zibavanamo. Abagabo batatu baheze mu kirombe kuri uyu wa mbere ubwo bari ...
Abakoranaga na Ndagijimana Emmanuel w’Imyaka 41 y’amavuko bamusanze mu mugozi yapfuye. Bamwe bakeka ko yiyahuye ariko iperereza ntacyo riratangaza ku mpamvu z’urupfu rwe. Yaguye mu Mudugudu wa G...
Major General Aharon Haliva wari ushinzwe ubutasi bwa gisirikare mu ngabo za Israel yatangaje ko yeguye kubera uburangare yagize kugeza ubwo Hamas igabye igitero kuri Israel taliki 07, Ukwakira, 2023....
Abahanga bo mu kigo cyo muri Portugal kitwa Portuguese Oil Company Galp Energia bavuga ko bavumbuye petrol mu nkengero za Namibia. Namibia iri mu Majyepfo y’Afurika, abahanga bakavuga ko petelori bah...
Ibyo uko umwamikazi Rosalie Gicanda yangiwe kuba mu Bubiligi agasubizwa mu Rwanda habura igihe gito ngo Jenoside yakorewe Abatutsi itangire ndetse imuhitane byatangajwe na Minisitiri w’ubumwe bw’Abany...
Iki cyifuzo aherutse kukigeza kuri Ambasaderi w’u Rwanda muri Ghana witwa Rosemary Mbabazi ubwo yari yagiye gusura umwami w’ubwami bwa Asante, bumwe mu bukomeye muri Ghana. Umwami Otumfuo Osei Tutu II...









