Abagize Sosiyete Sivile Nyarwanda bavuga ko batifuza ko umushinga w’itegeko rigenga imikorere yayo wagejejwe mu Nteko ishinga amategeko ngo iwutore, utorwa kuko uramutse utowe wazabangamira imikorere ...
Amakuru Taarifa ifite muri iki gitondo aremeza ko hari abana bane mu bandi bari baraburiye mu Murenge wa Kiziguro, Kiramuruzi na Rugarama mu Karere ka Gatsibo babonetse mu Karere ka Kayonza mu Murenge...
Ubugenzacyaha bwafashe abagabo babiri bafitanye isano bakurikiranyweho ubujura n’ubufatanyacyaha mu kwiba $9,500. Abo ni Bihirabake Jerôme na Mbonigaba Jean Bosco. Umugore wibwe yabwiye itangazamakuru...
Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping yabwiye Antony Blinken ko ibyiza ari uko ibihugu byombi byakorana mu bwuzuzanye aho guhangana. Blinken ari mu Bushinwa mu ruzinduko rw’akazi mu rwego rwo ku...
Mu Mirenge itandukanye y’Akarere ka Gatsibo hari amakuru yakuye abaturage umutima y’abana babo bafite imyaka itatu. Bivugwa ko batwarwa n’undi mwana w’imyaka nka 13 ariko akaba ataramenyekana ngo avug...
Mu myaka ya 2002 kuzamura nibwo u Rwanda rwatangiye urugamba rweruye rwo kurwana na malaria none rurashimirwa ko rugeze kure ruyihashya. Abayobozi muri RBC baraye bitabiriye Inama Nyafurika mu kurwany...
Umwe mu myanzuro yaraye yemerejwe mu Nama y’Abaminisitiri yari iyobowe na Perezida wa Repubulika, uvuga ko imodoka zitwa automatique zemerwewe kujya zikorerwaho ibizamini byo gutwara imodoka. Mu kugir...
Abapolisi muri Leta zitandukanye zigize Amerika bari muri ‘operations’ zo gufata abanyeshuri bo muri za Kaminuza bigaragambya bamagana intambara Israel( inshuti y’Amerika) yatangije kandi ...
Umuyobozi Mukuru ushinzwe gukurikirana ahashobora kwibasirwa n’ibiza muri MINEMA, Niyotwambaza Christine yavuze ko hari ahantu 326 habaruwe ko hashobora guteza ibiza kubera imvura iri kugwa cyane mu R...
Raporo ngarukamwaka y’Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ivuga ko mu mwaka wa 2023 kuri byinshi iki kigo cyagezeho, harimo no kwandika ishoramari ryakorewe mu Rwanda rifite agaciro ka miliyari $2.4...









