Uyu musaza ufite ipeti rya Captain(Rtd) avuga ko ubuyobozi bw’Umurenge w’aho atuye yimwe ifumbire ngo abyaze umusaruro isambu yahawe na Perezida Kagame nyuma y’uko yari yamusabye ink...
Guverinoma y’Ubwongereza ibinyujije mu kigega mpuzamahanga cy’Abongereza, British International Investment, igiye gutanga miliyoni $ 100 yo kuzamura ubuhinzi bw’ingano, umuceri n’ibisheke. Ayo mafaran...
Kimwe mu biganirompaka bikomeye biri kubera mu Rwanda ni icy’umushinga w’itegeko rizagenga sosiyete sivile wamaze kugezwa mu Nteko ishinga amategeko utanzwe na RGB. Sosiyete sivile ivuga ko inama yata...
Si inzara iterwa n’amapfa cyangwa iterwa n’imyuzure yangiza imyaka ndetse n’indwara z’ibyorezo byugarije abantu gusa bitewe n’imihindagurikire y’ikirere, ahubwo iki kibazo kigera no ku nyubako zagizwe...
Uwo ni uwamenyekanye nka Sarpong akaba yari umufana ukomeye wa Rayon Sports. Mu minsi mike ishize yahisemo kujya muri APR FC ayibera umufana. Byaratangajwe cyane mu itangazamakuru kuko byari ibintu bi...
Abwira abateraniye mu kiganiro yatangiye i Riyadh muri Arabie Saoudite, Perezida Kagame yavuze ko gushora imari mu mibereho myiza y’abaturage no kubazwa ibyo abantu bashinzwe biri mu byatumye u Rwanda...
Ishyaka iri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD, riherutse gutangaza ko buri rugo rugomba gutera ibiti 10 by’avoka kugira ngo nizera zizabe isoko y’amadovize mu gihugu. Ni umwe mu mivuno CNDD-FDD ivuga ...
Abanyeshuri bo muri Kaminuza zirimo n’izikomeye kurusha izindi muri Amerika bamaze hafi ukwezi bamagana intambara Israel yatangije muri Gaza. Imyigaragambyo yabo imaze kugera muri Kaminuza 29. Baramag...
*Iyi nama bazigira hamwe uko ubukungu bw’isi bwasaranganywa Paul Kagame ari muri Arabie Saoudite mu ruzinduko azitabiramo inama mpuzamahanga ku bukungu bw’isi. Kuri uyu wa Gatandatu taliki 28, Mata, 2...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Felix Namuhoranye wari kumwe n’umuyobozi wa Polisi ya Repubulika ya Centrafrique, Controller-General Bienvenu Zokoue barangije amahugurwa yahawe abapolisi b’...









