Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye bwatangaje ko buzaca amande ya Frw 10,000 umuntu wese uzagurira umuzunguzayi. Muri iki gihe mu mujyi wa Huye hakunze kugaragara ubucuruzi bwo ku muhanda buzwi nk’ubuzunguz...
Abize uko imitsi n’amaraso by’umuntu bikora bemeza ko iyo umuntu agenze n’amaguru ahantu hagerwa intambwe hagati ya 9,000 na 10,000 aba agiriye neza umutima we, ibihaha bye n’uruhu rwe. Hari abemeza ...
Perezida Evariste Ndayishimiye yatangaje ko inzego z’umutekano mu Burundi zemerewe kujya mu makoperative ahinga, asarura kandi agatunganya ikawa. Umuvugizi wa Guverinoma y’Uburundi witwa Rosine Guilèn...
Yolande Makolo yanyomoje ibyatangajwe na Leta zunze Ubumwe za Amerika zavuze ko RDF ifatanyije na M23 aribo baraye barashe i Goma ibisasu byahitanye benshi barimo n’impunzi z’ahitwa Mugunga. Kuri uyu ...
Abaturage bo mu Karere ka Gicumbi n’abo mu Murenge wa Kageyo by’umwihariko babwiwe ko guha agaciro umuntu ufite uburwayi bwo mu mutwe bibworoshya, bukaba bwanakira. Ni ubutumwa bahawe na Karangwa Fran...
Nyuma y’imvura yateye imyuzure ikomeye igahitana abantu 210, Perezida wa Kenya yatangarije abaturage be ko ibintu bizakomera kurushaho kugeza mu mpera za Gicurasi, 2024. Avuga ko nk’ubu hari umuyaga w...
Kubera imvura nyinshi yari imaze iminsi igwa amazi akinjira mu nkuta z’inzu, rumwe muri zo rwagwiriye abana bavukana barapfa. Ni abo mu Murenge wa Ndaro, Akarere ka Ngororero mu Ntara y’Amajyaru...
Imibare igikusanywa iravuga ko mu mujyi wa Goma harashwe ibisasu byahitanye abasivili bagera muri 11. Muri abo bapfuye harimo abana n’abagore. Iyo bisasu byarashwe aho byarakaje abaturage bituma...
Abaguzi bo mu Murwa mukuru w’Uburundi Gitega barataka kubura byeri za Primus na Amstel, abacuruzi bo bakavuga ko bahomba ku rwego rukomeye. Abaguzi bavuga ko kubona byeri ari nko guhiga isaro mu...
Ni ibyemezwa n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface Rutikanga ubwo yaganiraga n’itangazamakuru ku byavugwaga ko Polisi yarashe abantu babiri bari baherutse gufatwa bakurikiranyweho kwica uwaho...









