Guverinoma ya Israel yanzuye yose ko Televiziyo yo muri Qatar yitwa Al Jazeera ifungwa kugeza igihe kitaratangazwa. Inama ihagarika Al Jazeera yateraniye mu Nteko ishinga amategeko ya Israel hari tali...
Ahitwa Kamenge mu Mujyi wa Bujumbura mu Burundi hatewe grenade ikomeretsa abantu barindwi. Zatewe ku tubari turi muri uyu mujyi kandi bibera hafi mu gihe kimwe. Nyuma yabyo, Polisi y’Uburundi ya...
Hari abaturage barema isoko ry’amatungo magufi rya Jaba mu Murenge wa Mukamira mu Karere ka Nyabihu bavuga ko iyo bazanye itungo ntirigurwe, barisorera icyo bise ‘ Umusoro w’itungo ryarase...
Ingabo za Israel zirashinja Hamas kungera kurasa ku butaka bwayo hagakomereka abantu 10 kandi ngo hari abakomeretse cyane. Ibyo ingabo za Israel bishobora kuza gusubiza irudubi imishyikirano y’a...
Urwego rw’igihugu rushinzwe guteza imbere ihame ry’uburinganire hagati y’abagabo n’abagore rurasaba abikorera ku giti cyabo kumenya no gushyira mu bikorwa amabwiriza agenga ubu...
Ibiza bimaze iminsi byibasira Afurika y’Uburasirazuba byangije ibihingwa ngangurarugo ku buryo hari impungenge ko mu myaka iri imbere hari ingo nyinshi zizasonza. Ibyo biza byahitanye n’ab...
Komisiyo igenzura imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu ivuga ko yasanze mu kigega cy’ingoboka cy’ibiribwa harimo ngerere. Ni ibiribwa bingana na 30% y’ibiri...
Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yatangaje ko ingabo z’u Rwanda muri Mozambique zakoranye n’iki gihugu mu guhiga bukware ibyihebe bya Al Shabaab byari bimaze iminsi byihisha mu m...
Guverinoma ya Demukarasi ya Congo yabwiye ibigo bikora ibyuma by’ikoranabuhanga ko bikwiye kutagurira abantu babizanira amabuye kuko aba yibwe kandi yavuye ahantu hamenewe amaraso. Kinshasa yiba...
Mu Murenge wa Remera Akagari ka Kamisave Umudugudu wa Rugari, mu Karere ka Musanze umukingo watengutse ugwira inzu yari iryamyemo abantu bane umwe arahagwa. Imvura imaze imaze iminsi igwa muri aka gac...









